skol
fortebet

Amakuru

Israel na Iran: Buri ruhande rwahaye urundi ibyanyuma rwaruteguriye!

Intambara yari imaze iminsi 12 hagati ya Israel na Iran yahoshejwe no kuba buri ruhande rweye (…)

Iran yakajije umurego mu guhiga intasi za Israel

Urwego rw’Abakorerabushake rushamikiye ku Mutwe wihariye wa Islamic Revolutionary Guard Corps (…)

Perezida Kagame yakiriye Obasanjo wayoboye Nigeria

Perezida Paul Kagame yakiriye Olusegun Obasanjo wabaye Perezida wa Nigeria. Baganiriye ku ngingo (…)

USA: Abadepite babujijwe gukoresha WhatsApp

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabujije Abadepite gukoresha porogaramu ya WhatsApp (…)

Intambara ziri mu Isi abantu bajye birinda kuzihuza n’idini n’imyemerere -Sheikh Musa Sindayigaya

Mufti w’u Rwanda, Sheikh Musa Sindayigaya yavuze ko intambara ziba hirya no hino ku Isi (…)

Donald Trump yategetse Israel kureka kurasa kuri Iran

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yarakariye Israel kuko yanze (…)

Rulindo: Abarenga ibihumbi 10 bagiye kuvurwa n’Ingabo z’u Rwanda ku buntu

Inzobere mu kuvura indwara zitandukanye zo mu Bitaro bya Gisirikare by’u Rwanda i Kanombe (…)

Iran: Abantu 610 baguye mu bitero bya Israel

Leta ya Iran yatangaje ko abantu 610 ari bo bamaze kugwa mu bitero bya Israel mu ntambara imaze (…)

Joseph Kabila yakomereje ibiganiro i Bukavu

Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, (…)

Mufti w’u Rwanda yasabye abantu kutitiranya intambara z’Isi n’amadini

Mufti w’u Rwanda, Sheikh Musa Sindayigaya yagaragaje ko intambara z’Isi ntaho zihuriye n’amadini (…)

Museveni azongera kwiyamamariza kuyobora Uganda

Ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda, National Resistance Movement (NRM) ryatangaje ko Yoweri (…)

Israel yubuye ibitero kuri Iran, iyishinja kutubahiriza agahenge

Minisitiri w’Ingabo muri Israel, Katz Israel yatangaje ko yategetse igisirikare cy’iki gihugu (…)

Nyamagabe: Abakurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside bikubye hafi kabiri mu mwaka umwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe bwatangaje ko mu 2024/2025 ibyaha by’ingengabitekerezo ya (…)

Haravugwa icyateye Umusirikare wa FARDC kubyuka arasa urufaya rw’amasasu muri bagenzi be

Umusirikare umwe mu gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashe (…)

Ingabo z’u Rwanda zamaganye itangazo ryazitiriwe ry’amakuru y’ibihuha

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwamaganye itangazo ry’iricurano ryuzuye amakuru y’ibinyoma (…)