skol
fortebet

Amakuru

Trump abona akwiye ishimwe rya Nobel kubera guhuza u Rwanda na RDC

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko akwiye ishimwe rya Nobel (…)

Umubano w’u Rwanda n’u Burundi waganiriweho hagati y’Abayobozi mu nzego nkuru z’Ibihugu byombi

Perezida wa Sena y’u Burundi, Hon. Sinzohagera Emmanuel yagiriye uruzinduko mu Rwanda, yakirwa (…)

Ibindi bivugwa ku mugore wapfiriye kwa Pasiteri nyuma yo kurarana

Umugore w’imyaka 30 wari waturutse mu Ntara y’Iburasirazuba wasanzwe yapfiriye mu nzu (…)

U Rwanda rwahaye Afurika izindi ntumwa z’amahoro

Minisitiri w’Umutekano mu gihugu, Dr Vincent Biruta yashimiye ibihugu byohereje abanyeshuri mu (…)

Nyanza: Gitifu w’Akagari yirukanwe azira amafaranga yambuye abaturage

Nzasingizimana Innocent wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyabinyenga, mu Murenge (…)

Gen Muhoozi yageze i Kinshasa bwa mbere mu myaka irenga 20

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari i Kinshasa muri Repubulika (…)

Amakamyo 31 y’ibikoresho bya SAMIDRC yacyuwe anyujijwe mu Rwanda

Ingabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika (…)

Abarimu 45% bo mu mashuri yisumbuye ni bo bafite ubumenyi buhagije mu Cyongereza

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abagera kuri 45% gusa mu barimu bigisha mu mashuri yisumbuye (…)

’Rocket’ ya SpaceX yakoze impanuka ku nshuro ya kane muri uyu mwaka

Rocket y’Ikigo cya SpaceX yashwanyukiye aho yari igiye gutangirira urugendo ruyerekeza mu (…)

U Rwanda rwatangiye kwitegura ingaruka zaterwa n’intambara ya Israel na Iran

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko u Rwanda rwashyizeho itsinda rihora (…)

Joel Brown yakoze ku buryo Bruce Melodie na Diamond basiba ibyo bari bararirimbye mu ndirimbo bakoranye

Umuhanzi akaba na Producer Joel Brown yakoze igikorwa cyatangaje benshi mu ndirimbo nshya yitwa (…)

U Rwanda na Indonesia baganiriye uko bahangana na kanseri

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Yvan Butera, uri muri Indonesia, (…)

Hari icyizere abantu bagira ku masezerano y’amahoro ategerejwe hagati y’u Rwanda na Congo?

Abasesenguzi mu bya Politiki bavuga ko kuba u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

U Rwanda na Indonesia baganiriye uko bahangana na kanseri

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Yvan Butera, uri muri Indonesia, (…)

Rwanda-Uganda: Abayobozi biyemeje gukuraho inzitizi zikibangamiye urujya n’uruza

Abayobozi bo mu nzego z’ibanze mu bice bihana imbibi hagati y’u Rwanda na Uganda, biyemeje (…)