skol
fortebet

Amakuru

Muri Kenya umugabo yatawe muri yombi azira gutaburura umurambo wa se

Umugabo w’imyaka 28 wo mu gace ka Uasin Gishu muri Kenya yatawe muri yombi azira gutaburura (…)

U Rwanda n’u Bufaransa baganiriye ku kibazo cy’umutekano mu karere

Leta y’u Rwanda n’iy’u Bufaransa baganiriye ku bijyanye n’ubufatanye ndetse n’ibibazo (…)

Kim Kardashian yarangije amasomo mu mategeko nyuma y’imyaka 6

Los Angeles, 21 Gicurasi 2025 , Umunyamidelikazi w’icyamamare, Kim Kardashian, yasoje ku (…)

Umunyarwandakazi yabaye indashyikirwa mu ishuri rya gisirikare muri Amerika

Umusirikare w’u Rwanda, Sous-Lieutenant Janet Uwamahoro, yarangije amasomo ya gisirikare muri (…)

Minisitiri w’Ubutabera wa DRC yasabwe kwegura aregwa kunyereza umutungo wa gereza

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba Tungunga, (…)

U Bufaransa bwemeye gusubukura iperereza kuri Mbarushimana Callixte ukekwaho uruhare muri Jenoside

Urukiko rw’Ubujurire rwo mu Bufaransa rwategetse ko hasubukurwa iperereza kuri Callixte (…)

Polisi yafashe ibiro 500 by’ifumbire mvaruganda yari igiye kugurishwa magendu hanze y’igihugu

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu, mu bikorwa byo (…)

Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel barasiwe i Washington, DC

Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishwe barasiwe i (…)

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kuvuga ko "atajya (…)

Abanyeshuri bata ishuri bageze kuri 4,7% mu 2024

Raporo ya Minisiteri y’Uburezi yagaragaje ko abanyeshuri bata ishuri bagabanyutse bagera kuri (…)

Kinshasa: Ubushinjacyaha bwasabye ko Minisitiri w’Ubutabera yamburwa ubudahangarwa

Umushinjacyaha Mukuru mu Rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

EU yakuyeho ibihano yari yarafatiye Syria

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wavanyeho ibihano by’ubukungu wari warafatiye Syria mu rwego rwo (…)

Minisitiri Nduhungirehe ari mu Bubiligi aho yitabiriye inama ya EU-AU

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Jean-Patrick (…)

Ambasaderi Fitrell yagaragaje ko u Rwanda na RDC bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro

Ambasaderi Troy Fitrell uri mu bayobozi b’ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe (…)

U Bushinwa bugiye gushyira hanze drone ya gisirikare ishobora gutwara izindi zirenga 100

Igisirikare cy’u Bushinwa kiri mu myiteguro yo gushyira hanze indege nini y’intambara itagira (…)