skol
fortebet

Amakuru

Joseph Kabila yasabwe kwitaba Sena i Kinshasa

Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 (…)

Iperereza u Bufaransa bwakoraga ku mugore wa Habyarimana ryarangiye

Ubutabera bw’u Bufaransa bwahagaritse iperereza bwakoraga kuri Agathe Kanziga, umugore w’uwahoze (…)

Denzel Washington yashyamiranye n’umufotozi muri ‘Festival de Cannes’

Denzel Washington wamamaye muri sinema muri Amerika no ku Isi yose, yagaragaye ashyamiranye (…)

Abanyeshuri biga siyansi bongewe mu bari gukora ibizamini ngiro bisoza amashuri yisumbuye

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo cy’Ubugenzuzi bw’Amashuri n’Ibizamini, NESA, yatangije (…)

Abasenateri 40 ni bo bari gusuzuma niba Joseph Kabila yakwamburwa ubudahangarwa

Abasenateri 40 ni bo bagize Komisiyo yihariye ya Sena ishinzwe gusuzuma niba Joseph Kabila (…)

U Rwanda rushobora kwakira amashami amwe ya Loni

U Rwanda ni kimwe mu bihugu byagaragaje inyota yo kuba byaba icyicaro cy’amashami amwe n’amwe ya (…)

Kiliziya Gatolika yanenze icyemezo cyo gufunga banki mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanenze icyemezo cya Leta cyo (…)

Amb. Uwihanganye yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Brunei

Ambasaderi Jean de Dieu Uwihanganye yashyikirije Umwami wa Brunei Darussalam, Haji Hassanal (…)

Afurika y’Epfo yasabye abahinzi b’abazungu kuzibukira ibyo kwimukira muri Amerika

Visi Perezida wa Afurika y’Epfo, Paul Mashatile, yasabye abahinzi b’abazungu kuzibukira ibyo (…)

Amerika yashinjwe umugambi wo kwimurira Abanya-Palestine muri Libya

Ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika buravugwaho kuba buri gutegura gahunda yo kwimura (…)

Impamba abaturage 500 bo mu Mujyi wa Kigali bakuye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Bisesero

Abaturage bo mu Murenge wa Nyarugunga mu Mujyi wa Kigali biyemeje kurushaho kurwanya (…)

Perezida Trump yiteze umusaruro mu kiganiro azagirana na Putin kuri telefone

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azagirana ikiganiro kuri (…)

Gnassingbé n’abandi bahuza bo muri Afurika bagiye gutegura ibiganiro by’u Rwanda na RDC

Umuhuza w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo washyizweho n’Umuryango wa (…)

U Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

Umudepite uri muri komite ishinzwe kugenzura ibikorwa bya gisirikare by’u Burusiya mu ntambara (…)

Kinshasa: Umusirikare wishe bagenzi be batatu yakatiwe igihano cy’urupfu

Urukiko rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye igihano cy’urupfu (…)