skol
fortebet

Amakuru

Uganda: Umushinga w’itegeko rishobora gusubiza Dr Besigye mu nkiko za gisirikare wageze mu nteko

Guverinoma ya Uganda yagejeje mu Nteko Ishinga Amategeko Umushinga w’Itegeko ryemerera inkiko za (…)

U Bushinwa: Robots zatangiye gutozwa imirimo hifashishijwe AI

Robots zifite imiterere nk’iy’abantu ziri gutozwa imirimo itandukanye mu mujyi wa Shanghai mu (…)

U Burusiya bwagabye ibitero muri Ukraine nyuma yo gukangishwa ibindi bihano n’u Budage

Kuri uyu wa Kabiri, Igisirikare cyo mu Kirere cya Ukraine cyemeje ko u Burusiya bwohereje drones (…)

Amahano atazibagirana yabayeho mu itorwa rya Papa

Niba wararebye Film yitwa ‘The Conclave’ uko bisa kose ufite ishusho y’uko itorwa rya Papa (…)

Amb. Gen. Nyamvumba yatanze impampuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Seychelles

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi 2025, Ambasaderi Gen. Patrick Nyamvumba yashyikirije (…)

Trump yashinje EU kubangamira ubucuruzi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (…)

Mu gihugu cya Mexique umukandida ku mwanya wa Meya yishwe yiyamamaza

Yesenia Lara Gutiérrez wari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora umujyi wa Texistepec mu ntara (…)

U Rwanda mu nzira zo gutangiza ubuvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko umwaka wa 2025, uzasiga u Rwanda (…)

U Burusiya bwamaganye igitutu bushyirwaho n’ibihugu by’i Burayi

Leta y’u Burusiya yatangaje ko yifuza amahoro arambye muri Ukraine ariko itazemera gushyirwaho (…)

Pastor Kabanda Julienne yahaye gasopo abakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Umukozi w’Imana Pastor Kabanda Julienne wari umuyobozi wa Grace Room iheruka kwamburwa (…)

Umunya Amerika bicyekwa ko ariwe wa nyuma Hamas yari yaragize imbohe yarekuwe

Umunya Israel akaba n’umunya Amerika ,Edan Alexander, wari warafashwe bugwate n’umutwe wa Hamas (…)

DRC: Umusirikare yiciye abaturage batatu mu rusengero

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zirwanira mu mazi ziba mu (…)

Algeria yirukanye abakozi 15 ba Ambasade y’u Bufaransa

Guverinoma ya Algeria yategetse ko abakozi ba Ambasade y’u Bufaransa bashyizweho hatubahirije (…)

U Rwanda rwatashye ku mugaragaro ambasade yarwo i Budapest muri Hongiriya

Guverinoma y’u Rwanda yatashye ku mugaragaro icyicaro cya Ambasade y’u Rwanda i Budapest muri (…)

Amerika n’u Bushinwa byiyemeje kugabanya imisoro yari yahanitswe

Binyuze mu masezerano yo kugabanya imisoro bagiranye ku wa 12 Gicurasi 2025, ibihugu bya Leta (…)