skol
fortebet

Amakuru

Impamvu muzi y’ifungwa rya Grace Room Ministries

Buri wa Kabiri na buri wa Kane guhera Saa kumi n’imwe z’umugoroba, abantu baba ari urujya (…)

M23-AFC Yakiriye itsinda ry’ Abanyekongo bo muri Diaspora baje kwifatanya mu bikorwa by’Intambara

Umutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC) usanzwe ubarizwamo umutwe w’inyeshyamba za M23 kurwanya (…)

Intambara y’u Buhinde na Pakistan yafashe indi ntera

Nyuma y’iminsi mike u Buhinde butangije kuri Pakistan ibikorwa bya gisirikare bwise “Operation (…)

Lubero: Abantu batanu baguye mu gitero cyagabwe na ADF

Igitero Umutwe w’iterabwoba wa ADF wagabye muri teretwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyarugu mu (…)

Amakipe akina Igikombe cy’Isi cy’Abagore agiye kongerwaho 16

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryatangaje ko kuva mu 2031, umubare w’amakipe (…)

Bobi Wine ugiye kwiyamamariza kuba Perezida, yashinje amahanga gusonga Uganda

Umunya-Uganda utavuga rumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi (Bobi Wine), yashimangiye ko na we (…)

Gen Julio dos Santos yaganiriye n’uyoboye abasirikare b’u Rwanda muri Cabo Delgado

Umugaba Mukuru w’ingabo za Mozambique, Gen Julio dos Santos Jane yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi (…)

FDNB irigamba kwica inyeshyamba zirenga 100 zo mu mutwe urwanya Leta y’u Rwanda

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), cyemeje ko giheruka kwica inyeshyamba zirenga 100 zo mu mutwe (…)

Dore bimwe mu byaranze abapapa 5 bayoboye kiliziya kuva 1978 kugeza kuri papa mushya watowe

Tugiye kugaruka kuri bimwe mu byaranze aba papa 5 bayoboye Kiliiziya kuva mu mwaka 1978 kugeza (…)

Ibrahim Traore yitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 80, Uburusiya butsinze intambara ya 2 y’isi

Kuri uyu wa 9 Gicurasi 2025, mu mbuga nini yo mu mujyi wa Moscow mu Burusiya hari kuba ibirori (…)

RDC: Nicolas Kazadi wari Minisitiri w’Imari yatawe muri yombi

Uwahoze ari Minisitiri w’imari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Nicolas Kazadi, yaraye (…)

Kayonza: Abarimu basiba akazi basabiwe gukanirwa urubakwiye

Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko ikibazo cy’abarimu (…)

Tanzania yasabwe gufungura utavuga rumwe na Perezida Suluhu no gukuraho igihano cy’urupfu

Abadepite b’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bamaganye ifungwa (…)

USA: Impunzi y’Umukongomani yishwe irashwe

Urukiko rwo muri leta ya Michigan rwaciye urubanza rwaranzwe n’impaka ku mupolisi ushinjwa kwica (…)

U Bushinwa bwagerageje Gari ya moshi ishobora kuva i Kigali ikagera i Rusizi mu minota 28

U Bushinwa bwakoze igerageza rya gari ya moshi ishobora kugendera ku muvuduko wa kilomero 450 ku (…)