skol
fortebet

Amakuru

Nyamasheke: Umwana w’imyaka 16 yasanzwe mu mugozi yapfuye

Tuyizere Amos w’imyaka 16 wo mu Karere ka Nyamasheke yasanzwe mu mugozi wa mushipiri yapfiriye (…)

Perezida wa Sénégal yagaragaje ko u Rwanda ari icyitegererezo cye mu ikoranabuhanga

Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal yatangaje ko u Rwanda ari icyitegererezo cye mu (…)

Minisitiri Nduhungirehe ari mu ruzinduko rw’iminsi 2 muri Hongiriya ruzasiga hafunguwe Ambasade y’u Rwanda

Kuri uyu wa 12 Gicurasi 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Amb. (…)

Ukraine yongeye gushinja u Burusiya kon gera kuyigabaho ibitero bya ’Drones’

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 12 Gicurasi 2025, Uburusiya bwagabye ibitero by’indege zitagira (…)

Polisi yataye muri yombi ’umusekirite’ wahohoteye umufana ku kibuga

Polisi y’Igihugu yatangaje ko yataye muri yombi umwe mu bari bashinzwe umutekano wo kibuga bazwi (…)

Perezida Paul Kagame yavuze ko Afrika ikwiye gukangurwa n’inkunga za USAID Trump yahagaritse

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko byaba ari byiza Abanyafurika bahisemo (…)

Perezida Kagame yageze muri Côte d’Ivoire aho yitabiriye inama ya Africa CEO Forum

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Gicurasi 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, (…)

Uwahoze ari Umudepite mu Bwongereza yasabye ko amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yasubukurwa

Tom Tugendhat wabaye mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza, yasabye igihugu cye kubyutsa (…)

Muri Bugesera Umugabo yapfiriye ku Kagali

Ku biro by’akagali ka Bihari mu murenge wa Ruhuha aho ni mu karere ka Bugesera, Ubwo hari mu (…)

Fizi: Abarenga 110 bishwe n’umwuzure

Ubuyobozi bwa teritwari ya Fizi, intara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika (…)

Inteko ya Afurika y’Epfo iteganya gukora iperereza ku ngabo zoherejwe muri RDC

Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo iteganya gukora iperereza ku ngabo z’iki gihugu (…)

Israel: Hamas igiye kurekura imbohe y’Umunyamerika

Umutwe wa Hamas watangaje ko ugiye kurekura imbohe y’umunya-Israel ariko ifite ubwenegihugu bwa (…)

Papa Leo XIV yatanze ubutumwa bwibanze ku gushaka amahoro arambye mu bihugu byibasiwe n’intambara

Kuri iki Cyumweru Papa Leo XIV, yatanze ubutumwa bwe bwa mbere kuva yatorerwa kuba umushumba (…)

Putin yavuze ko ashyigikiye ibiganiro byo guhagarika intambara na Ukraine ariko adashaka igitutu

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kugirana ibiganiro na (…)

Pasiteri Rutayisire yavuze ku nzego enye zikwiye kubazwa ibibazo biri mu rushako mu Rwanda

Pasiteri Dr. Antoine Rutayisire yagaragaje ko ibibazo biri mu miryango myinshi mu Rwanda, (…)