skol
fortebet

Amakuru

Ibindi bikoresho bya SAMIDRC byacyuwe binyujijwe mu Rwanda

Amakamyo atwaye ibikoresho by’ingabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu (…)

Polisi y’u Rwanda yasubije uwayisabye kumujyana i Wawa

Polisi y’u Rwanda, yasubije uwayandikiye ku rubuga rwa X, asaba kujyanwa i Wawa kuko ngo hanze (…)

Perezida wa Maldives yamaze amasaha 15 mu kiganiro n’abanyamakuru

Perezida w’Ibirwa bya Maldives, Mohamed Muizzu, yashyizeho agahigo ko kuganira n’abanyamakuru (…)

Dabijou yahamije urukundo rwe n’umukire wo muri Kenya

Umuhanzikazi akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Bijou Dabijou, yahamije ko ari mu rukundo (…)

Meteo Rwanda yateguje imvura iri hejuru y’isanzwe igwa muri Gicurasi

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyateguje Abaturarwanda ko mu kwezi kwa Gicurasi (…)

Tshisekedi yakiriye intumwa y’umuhuza Perezida Gnassingbé

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 7 Gicurasi, mu ngoro ye izwi nka Cité de l’Union africaine, (…)

U Burusiya bwigambye guhanura drones 500 za Ukraine

Leta y’u Burusiya yatangaje ko ingabo zayo zahanuye drones zirenga 500 ingabo za Ukraine (…)

Perezida Kagame yakurikiye umukino wa Arsenal na Paris Saint-Germain

Perezida Kagame wagiriye uruzinduko mu Bufaransa, yakurikiye umukino wo kwishyura wa ½ cya UEFA (…)

Roma: Gutora Papa ku munsi wa Mbere wa matora ntibyakunze

Ku munsi wa mbere w’amatora ya Papa uzasimbura Francis nta mu cardinal waraye wemejwe, bityo (…)

U Burundi bwimye inzira abagenzi bafite pasiporo ziteyeho ‘cachet’ ya AFC/M23

Urwego rw’abinjira n’abasohoka rw’u Burundi rwimye inzira Abarundi baturutse mu Burasirazuba bwa (…)

Pakistan yahaye u Buhinde nyirantarengwa, ishyira imijyi yose mu gipimo

Ingabo za Pakistan zavuze ko zashyize imijyi myinshi yo mu Buhindi mu gipimo. Bivuze ko niba u (…)

Athens: Gen. Muganga yaganiriye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Bugereki

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), General Mubarakh Muganga, kuwa Kabiri, itariki ya 6 (…)

Jay-Z yahombejwe miliyoni 190$ n’ikirego cyo gusambanya umwana w’imyaka 13

Umuraperi akaba n’umushoramari, Jay-Z, uri mu rubanza ashinja umunyamategeko Tony Buzbee (…)

Leta ya RDC ishaka gusenya ishyaka PPRD rya Kabila

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain (…)

Igice gisoza ‘Squid Game’ kigiye kujya hanze

Filime ya Squid Game yaciye ibintu ku Isi yose igiye gusozwa n’igice cyayo cya nyuma kizajya (…)