skol
fortebet

Amakuru

Icyiciro cya kabiri cy’ingabo za SAMIDRC cyatashye kinyuze mu Rwanda

Ingabo z’Umuryango w’Iterambere rya Afurika y’Amajyepfo, SADC, zari zimaze igihe kirenga umwaka (…)

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’epfo yavuze icyakuye ingabo za SADC muri RDC

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yatangaje ko kuba SADC (…)

Aba-Houthi barashe ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Ben Gurion

Misile ya ballistique yarasiwe muri Yemen yaguye ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Ben (…)

Pakistan yagerageje missile ballistique mu gihe intambara n’u Buhinde ikomeje gututumba

Igisirikare cya Pakistan cyavuze ko iryo gerageza ryari rigamije kureba niba “ingabo ziteguye (…)

Hategujwe imvura nyinshi muri Gicurasi 2025

Ikigo cy’Igihugu cy’Itaganyagihe, Meteo Rwanda cyatangaje ko kuva ku wa 4 Gicurasi kugeza ku wa (…)

Gucyura ingabo za SADC ziri i Goma bizarangirana na Gicurasi 2025

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yatangaje ko kuba barahisemo (…)

U Rwanda rwacyuye abantu 10 bari bacurujwe muri Myanmar

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yacyuye abantu 10 bari bashutswe ko bagiye guhabwa akazi keza (…)

Polisi y’u Rwanda yasezeye abapolisi 150 baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda yasezeye mu cyubahiro, abapolisi (…)

Perezida Macron yashinjwe kwivanga mu matora ya Papa

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yashinjwe kujya kubonana n’aba-Cardinal bitegura gutora (…)

Australia: Minisitiri w’Intebe Anthony Albanese yakoze ibyananiranye mu myaka 21 ishize

Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatsinze amatora yabaye ku wa 3 Gicurasi (…)

Umurinzi wa Perezida Ibrahim Traoré yahishuye uko bamuhaye miliyoni 5$ ngo amurase

Umwe mu basirikare bashinzwe kurinda Pereizida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, yatangaje ko (…)

Perezida Zelensky yahishuye ibyo yaganiriye na Donald Trump ubwo bari i Vatican

Perezida wa Ukraine, Volodymy Zelensky, yahishuye ibyo aheruka kuganira na Perezida wa Leta (…)

Ihuriro FCC ryasabye Abanye-Congo kurwanya umugambi wa Leta wo gukurikirana Kabila

Ihuriro FCC ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Ross Kana yasezeye muri 1:55AM

Ross Kana wari umwe mu bahanzi babarizwaga muri 1:55 AM Ltd yamaze kwandika urwandiko (…)

Perezida Nguema yarahiye kuyobora Gabon

Gen Brice Clotaire Oligui Nguema yarahiriye kuyobora igihugu cya Gabon, kuri uyu wa Gatandatu (…)