skol
fortebet

Amakuru

Muyaya yagaragaje impamvu Tshisekedi yavuye ku izima, akemera ibiganiro na M23

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yagaragaje (…)

Abarimo Bill Gates batangije ikigega cya miliyoni 500$ kizakorera no mu Rwanda

Abashoramari barimo Bill Gates, batangije ikigega kirimo hafi miliyoni 500$, azakoreshwa mu (…)

Perezida wa Guinea-Conakry yasabye RDC n’u Rwanda guhitamo inzira y’amahoro

Mu ruzinduko rw’amasaha 48 i Kinshasa, Perezida wa Guinea-Bissau, Oumaro Sissoco, mu uruzinduko (…)

Abasirikare ba FARDC bari baragotewe i Goma batangiye koherezwa i Kinshasa

Amagana y’abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ndetse (…)

Pakistan iravuga ko u Buhinde bwitegura kuyitera mu masaha atarenze 36

Kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri w’Itangazamakuru muri Pakistan yavuze ko Islamabad ifite “amakuru (…)

Gutaha kw’ingabo za SADC ni ugushyigikira inzira y’amahoro – Minisitiri Nduhungirehe

Nyuma yaho ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo, SADC, zari mu butumwa muri Repubulika (…)

Batanu baturutse mu Rwanda birukanywe muri Australia

Abagabo batanu barimo Umunyarwanda n’Abanyekongo bane, birukanywe muri Australia binjiyemo mu (…)

Abandi ba-Cardinal babiri ntibazatora Papa mushya

Kiliziya Gatolika yatangaje ko Aba-Cardinal babiri batazitabira itora ry’Umushumba Mukuru wayo, (…)

Ba Ofisiye biga mu Ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda bagiye kwihugura mu Misiri

Ba ofisiye bakuru biga mu Ishuri rikuru rya Polisi (NPC) mu Karere ka Musanze batangiye (…)

Rutsiro: Ari guhigwa akekwaho gukubita nyina bikamuviramo urupfu

Umusore w’imyaka 33 wo mu Karere ka Rutsiro ari guhigwa akakekwaho gukubita nyina bikomotse ku (…)

U Bubiligi bushyigikiye ibiganiro hagati ya RDC n’Umutwe wa M23

Igihugu cy’u Bubiligi cyatangaje ko gishyigikiye ibiganiro hagati y’Ubutegetsi bwa Repubulika (…)

SADC yacyuye intwaro zayo izinyujije mu Rwanda

Kuri uyu wa 29 Mata, ingabo za SADC zatsinzwe ku rugamba zari zifatanyije na Repubulika (…)

Bamwe bashaka ko icibwa burundu: Impaka mu Nteko ku gusoresha imikino y’amahirwe

Bamwe mu badepite bagaragaje ko imikino y’amahirwe itari ikwiye gushyirirwaho imisoro, ahubwo (…)

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasabwe kwihutisha politiki igenga itangazamakuru

Inteko Ishinga Amategeko igezwaho raporo ya Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye (…)

Espagne: Umuriro wabuze ubuzima bugahagarara watangiye kugaruka

Nyuma y’uko ku wa Mbere ibihugu nka Espagne na Portugal bihuye n’ikibazo gikomeye cyo kubura (…)