skol
fortebet

Amakuru

U Burusiya bwashimiye ubufatanye bwa Koreya ya Ruguru mu kubohora Kursk

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya, Maria Zakharova, yashimiye Koreya ya (…)

Koreya ya Ruguru yemeje ko ingabo zayo ziri kurwanirira u Burusiya

Ubuyobozi bwa Koreya ya Ruguru bwemeye ku nshuro ya mbere ko hari ingabo zabwo ziri kurwanira u (…)

U Bubiligi burasaba Perezida Museveni kubwunga n’u Rwanda

Guverinoma y’u Bubiligi yavuze ko yifuza ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yabahuza (…)

U Rwanda na RDC byemeranyije gutegura amasezerano y’amahoro bitarenze tariki 2 Gicurasi

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byemeranyije gutegura inyandiko y’umushinga (…)

U Bushinwa bwohereje abantu batatu mu isanzure

Ikigo cy’u Bushinwa gishinzwe ubumenyi bw’isanzure, CNSA, cyohereje abantu batatu mu isanzure (…)

Wazalendo ikomeje kuba ikibazo nyuma y’amasezerano ya RDC na AFC/M23 yo guhagarika imirwano

Imitwe yitwaje intwaro yibumbiye muri Wazalendo ikomeje guteza umutekano muke mun Burasirazuba (…)

Ibikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC

Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) (…)

Santarafurika: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bambitswe imidali y’ishimwe

Umuryango w’Abibumbye wambitse imidali y’ishimwe abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo (…)

Trump yivuze imyato nyuma y’aho u Rwanda na RDC bigiranye amasezerano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yivuze imyato nyuma y’aho u Rwanda na (…)

Nta nzira y’ubusamo-Yolande Makolo ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyiye imbere ya Amerika

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko nta nzira y’ubusamo igomba (…)

Putin yishimiye ibiganiro bitanga icyizere yagiranye n’Intumwa yihariye ya Trump

Umunyamabanga wihariye wa Perezida w’u Burusiya ushinzwe politike mpuzamahanga, Kremlin aide (…)

Kuri ubu turishimira ko umubano w’u Rwanda na Kiliziya Gatolika ushingiye ku kuri - Minisitiri w’Intebe Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yagaragaje ko Guverinoma y’u Rwanda ishima uruhare (…)

Umuti mushya wa malaria ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda hose

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko umuti mushya wo kuvura malaria ugiye gutangira (…)

Ukraine ishobora kwemera guhara uduce twayo kugira ngo haboneke amahoro

Umuyobozi w’Umujyi wa Kyiv, Vitali Klitschko, yatangaje ko Ukraine ishobora gutanga igice (…)

Qatar yashimye amasezerano u Rwanda rwagiranye na RDC

Guverinoma ya Qatar yatangaje ko yashimye amasezerano u Rwanda na Repubulika Iharanira (…)