skol
fortebet

Amakuru

U Bushinwa bwasabye ibindi bihugu kutemera amasezerano y’ubucuruzi na Amerika

Leta y’u Bushinwa yaburiye ibihugu byinshi ibisaba kutagirana ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe za (…)

Perezida Kagame yihanganishije Kiliziya Gatolika ku bw’urupfu rwa Papa Francis

Perezida Kagame yihanganishije Kiliziya Gatolika n’Abagatulika bo ku Isi yose, nyuma y’urupfu (…)

Ishyaka rya Joseph Kabila Kabange ryahakanye ibyo kuba ari i Goma

Ishyaka PPRD rya Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Papa Francis yunze u Rwanda na Kiliziya Gatolika

Nta gushidikanya ko Papa Fransisiko witabye Imana kuri uyu wa 21 Mata 2025, ari we mushumba wa (…)

U Rwanda na Pakistan byasinyanye amasezerano y’ubufatanye

Kuri uyu wa 21 Mata 2025 U Rwanda na Pakistan byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye (…)

Hagiye gufungurwa inzira z’ubufatanye mu bibyara inyungu - Minisitiri Nduhungirehe uri muri Pakistan

Minisiteri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick (…)

Papa Francis wari Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yitabye Imana ku myaka 88

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 21 Mata 2025, Abakirisitu Gatolika n’Isi yose bari mu gahinda nyuma (…)

Ntituzigera na rimwe twemera guterwa ubwoba n’ubutegetsi bwa Tshisekedi

Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka rya Joseph Kabila rya ‘Parti du Peuple pour la Reconstruction et (…)

Benin: Umutwe ufitanye isano na Al Qaeda urigamba kwica abasirikare 70

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, umutwe wa JNIM ukorana na Al Qaeda wavuze ko wahitanye abasirikare (…)

Abasirikare 12 b’u Burundi barohamye muri Tanganyika

Abasirikare 12 bo mu ngabo z’u Burundi, mu mpera z’icyumweru gishize barohamye mu kiyaga cya (…)

Goma: Umuhanzi Bwiza yatunguwe n’ibyo M23 yahakoze

Umuhanzikazi w’Umunyarwandakazi, Bwiza Emerance uri mu bahanzi bakunzwe cyane muri iki gihe, (…)

U Burusiya bwashinje Ukraine kutubahiriza agahenge kashyizweho kuri Pasika

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yatangaje ko ingabo za Ukraine zanze kubahiriza (…)

Rwamagana: Hibutswe abana n’abagore barenga 1080 biciwe i Sovu

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, yanenze Interahamwe zishe (…)

Ibigo bya SAMIDRC i Goma byasanzwemo abasirikare ba RDC na Wazalendo

Mu bigo by’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo, SADC, ziri mu butumwa muri Repubulika (…)

Minisitiri Nduhungirehe ari muri Pakistan

‎Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Nduhungirehe Olivier, ari muri Pakistan mu ruzinduko (…)