skol
fortebet

Amakuru

NBA: Umukinnyi wa mbere weruye ko aryamana n’abo bahuje ibitsina yapfuye

Jason Collins wakinnye Basketball, ndetse wabaye umukinnyi wa mbere wo muri siporo y’ababigize (…)

Ruto yagowe no kwakira inama yahuje u Bufaransa na Afurika

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yatangaje ko Perezida wa Kenya, William Ruto, yagowe no (…)

Kenya: Ibitaro n’amahoteli biri gufungwa kubera guhumanya ibidukikije

Ibitaro, amahoteli n’ibindi bigo byo muri Kenya bikomeje gufungwa ubutitsa kubera guteshuka ku (…)

Umubare w’abandikishwa ko bapfuye mu Rwanda wazamutseho 4%

Ikigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare NISR, kigaragaza ko mu mwaka wa 2025 abantu bandikishijwe (…)

Amajyaruguru: Polisi y’u Rwanda imaze gufata 6 binjiza Kanyanga ndetse bagahohotera abaturage

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Majyaruguru, yataye muri yombi abantu 6 bakekwaho gukora ubucuruzi (…)

Byatahuwe ko Arabie Saoudite yagabye ibitero kuri Iran

Byatahuwe ko Arabie Saoudite yagabye ibitero byinshi kuri Iran mu gusubiza ibyo Tehran (…)

Umuriro Amerika yacanye muri Iran yatangiye kuwota

Ubuyobozi bwa Perezida Donald Trump bukomeje kubera inzitizi imibereho myiza y’Abanyamerika. (…)

Trump yerekeje mu Bushinwa nyuma y’imyaka hafi 10

Donald Trump yerekeje mu Bushinwa mu ruzinduko yitezwemo kuganira na mugenzi we, Xi Jinping ku (…)

Afurika y’Epfo: Urukiko rwategetse ko uwimwe ubuhungiro atazongera kubusaba

Urukiko rurusha ububasha izindi zose zo muri Afurika y’Epfo rwanzuye ko abanyamahanga (…)

Cyril Ramaphosa yakuriye inzira ku murima abamusaba kwegura

Mu gihe imvururu zikomeje kwiyongera mu gihugu cya Afurika y’Epfo hagati ya Leta n’abatavuga (…)

Iburasirazuba: Uwishe umuntu akamuca umutwe yarashwe ashaka gutoroka

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba, yarashe abasore babiri barimo uwari utwaye (…)

Eddy Kenzo yahagurukijwe ku mugore we

Eddy Kenzo yangiwe kwicarana n’umugore we Phiona Nyamutooro mu muhango w’irahira rya Perezida (…)

Nta muyobozi w’igihugu uko cyaba ari igihangange kose uzacungura umugabane wacu- Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko nta gihugu cyangwa umuyobozi wundi wo ku Isi ushobora gufasha (…)

Abarwanyi ba AFC/M23 berekeje kure y’Umujyi wa Uvira

Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Irahira rya Museveni: Umusirikare wa Uganda yaciye ikoti ry’umurinzi wa Perezida Salva Kiir

Umwe mu bagabo b’ibigango bacungira umutekano Perezida Salva Kiir Mayardit wa Sudani y’Epfo, (…)