skol
fortebet

Amakuru

Burundi: Amashyaka atanu yanze kugira uruhare mu myiteguro y’amatora

Amashyaka atanu atavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi yatangaje ko atazagira uruhare mu (…)

U Burundi bwatangiye imyiteguro y’amatora ya Perezida ateganyijwe muri 2027

Komisiyo yigenga y’Amatora muri iki gihugu (CENI) mu nama yahuje amashyaka ya politiki, (…)

Amerika yamaganye igitero cy’ingabo za Leta ya RDC muri Masisi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaganye igitero cya drones ingabo za Repubulika Iharanira (…)

Corneille Nangaa yatangaje ko iminsi Tshisekedi asigaje ku butegetsi ibaze

Umuyobozi w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa Yobeluo, yatangaje ko iminsi Perezida Félix (…)

Gasana Eugène wabaye Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni, yahamijwe icyaha cy’ihohotera rishingiye ku gitsina

Abacamanza mu Rukiko rw’i Manhattan muri Leta Zunze Ubumweza Amerika, ku wa Kane tariki 7 (…)

Kigali: Hagiye kuzanwa bisi ntoya zizajya zifata abantu mu ma ‘Quartier’

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Uwihanganye Jean de Dieu, yavuze ko hari (…)

Rubavu: Yishe umugore we amuhoye icyangombwa cy’ubutaka

Umugabo w’imyaka 43 wo mu Karere ka Rubavu, yateye icyuma mu gatuza umugore we w’imyaka 44, (…)

Imirimo itegura ahazubakwa uruganda rutunganya gaz yo gutekesha rw’i Karongi igeze kuri 95%

Imirimo itegura ahazashyirwa uruganda rutunganya gaz méthane yo gutekesha ivuye mu Kiyaga cya (…)

Kamala Harris yibasiye Trump

Kamala Harris yakomewe amashyi y’urufaya ubwo yagaragazaga ko intambara Leta Zunze Ubumwe za (…)

Irahira rya Museveni rizatwara miliyari 3,5 Frw

Guverinoma ya Uganda iteganya gukoresha miliyari 9 z’Amashilingi (arenga miliyari 3,5) mu (…)

Festus Mogae wabaye Perezida wa Botswana yapfuye ku myaka 86

Festus Mogae wabaye Perezida wa Botswana igihe cy’imyaka 10 agashimirwa cyane imiyoborere myiza (…)

Perezida wa Afurika y’Epfo arasabwa kwegura nyuma y’icyemezo cy’urukiko

Umunyapolitiki ukomeye wo muri Afurika y’Epfo utavuga rumwe n’ubutegetsi Julius Malema, yasabye (…)

Ethiopia: Umugore wari umaze imyaka 12 yarabuze urubyaro yabyaye batanu icyarimwe

Mu gihugu cya Ethiopia habaye ibintu bidasanzwe, aho mu karere ka Harari umugore yabyaye abana (…)

U Rwanda rwiteze ko amashanyarazi akomoka kuri Gaz méthane yo mu Kivu azagera kuri Megawatt 100

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko u Rwanda ruteganya kuvana amashanyarazi (…)

Lt Gen Yav ushinjwa gukorana n’u Rwanda yasabiwe gufungwa burundu

Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwasabye Urukiko (…)