skol
fortebet

Amakuru

Trump yatangaje ko ikiganiro na Putin cyari cyiza

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ikiganiro intumwa ye (…)

Amerika igiye guha Ukraine ibisasu bivuguruye birasa mu bilometero 161

Nyuma yuko ibisasu bizwi nka ‘Ground-Launched Small Diameter Bombs: GLSDB’ Amerika yari yohereje (…)

Amerika yirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo, Ebrahim Rasool, imushinja (…)

Mu mezi atatu gusa ya 2025, abantu 20 bishwe n’inkuba

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yasabye abaturage kurushaho kwitwararika muri ibi (…)

Pakistan: Imirambo y’abantu 25 yakuwe aho biciwe muri gari ya moshi

Nibura imirambo 25 y’abantu biciwe muri gari ya moshi n’abagabo bitwaje imbunda muri Pakistani, (…)

Amerika: Abacamanza bategetse White House gusubiza mu kazi abakozi birukanwe

Kuri uyu wa Kane, itariki 13 Werurwe, abacamanza babiri bategetse ubuyobozi bwa Perezida wa Leta (…)

Ngoma: Abayobozi batatu bavugwagaho gutanga serivisi mbi basezeye mu kazi

Abayobozi batatu bo mu Karere ka Ngoma bavugwaho gutanga serivisi mbi ku baturage banditse (…)

Uganda: Minisitiri w’Ingabo yavuguruje Gen Muhoozi ku iyoherezwa ry’Ingabo muri Sudani y’Epfo

Minisitiri w’Ingabo wa Uganda, Jacob Oboth, yahakanye ibyo Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, (…)

Tigray: Barasaba leta gutabara nyuma y’uko abiyomoye kuri TPLF bafashe imijyi 2

Guverinoma y’agateganyo y’Intara ya Tigray yo muri Ethiopia yasabye ko Guverinoma nkuru ya (…)

Ubutumwa bw’Ingabo za SADC muri RDC bwashyizweho iherezo

Inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa SADC, kuri uyu wa Kane yashyize iherezo (…)

Israel yatsimbaraye ku kugumisha ingabo zayo muri Syria

Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje ko ingabo zayo zigomba kwitegura kuguma mu (…)

Pakistan: Abarenga 50 bapfiriye mu mirwano y’ingabo n’inyeshyamba zashimuse gari ya moshi

Umuvugizi w’Igisirikare cya Pakistan, Lieutenant Général Ahmad Sharif, yatangaje ko imirwano (…)

Jamie Foxx yijunditse ‘White House’

Jamie Foxx ntabwo yishimiye gusibwa kw’amagambo y’ubukangurambaga ‘Black Lives Matter’ yari (…)

Perezida Macron yavuze ko Putin ari ‘gashakabuhake’

Perezida w’U Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin (…)

Ingengo y’imari y’igisirikare cy’u Bushinwa yagizwe miliyari 249$

Leta y’u Bushinwa yatangaje ko mu 2025 izakoresha ingengo y’imari mu bya gisirikare (…)