skol
fortebet

Amakuru

Tshisekedi yashyize umukobwa we mu bajyanama be

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyize umukobwa we, (…)

Nord Kivu: Perezida Tshisekedi yashyizeho Visi-Guverineri uje guhangana na M23

Perezida Tshisekedi, yagize Karawa Dengamo guverineri wungirije w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru (…)

U Bufaransa bwashyikirije Sénégal ibigo bya gisirikare bibiri

Leta y’u Bufaransa yatangaje ko yashyikirije Sénégal ikigo cya gisirikare cya Maréchal n’icya (…)

Trump yavuze ko ashobora gufatira u Burusiya ibindi bihano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora gufatira u (…)

RDC yashyize za miliyoni z’amadorali ku mitwe y’abarimo Nangaa na Gen. Makenga

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biciye muri Minisitiri wayo w’Ubutabera, yatanze za (…)

Polisi y’u Rwanda yafashe umunya-Liberia wahondaguye abasekirite bo muri kaminuza

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe umunyeshuri ukomoka muri Liberia nyuma yo gushyamirana (…)

U Burusiya bwarashe ‘misile 70’ muri Ukraine

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko ingabo z’u Burusiya zagabye mu gihugu cye (…)

Syria: Abarenga 70 baguye mu mirwano bahanganyemo n’abashyigikiye Perezida Assad

Umutwe w’ubuyobozi bushya bwa Syria winjiye mu mirwano ikomeye yaguyemo abarenga 70, (…)

Perezida Zelensky yizeye umusaruro mu biganiro bishya bihuza Amerika na Ukraine

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko hateganyijwe ibiganiro bishya hagati ya (…)

Perezida Trump yatanze icyifuzo cyo gusenya intwaro z’ubumara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko byaba byiza ibihugu byose (…)

RDC: Inyeshyamba zarekuye abantu 161 ziherutse gushimuta

Umutwe witwaje intwaro wa CODECO ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Amerika na Ukraine bigiye kuganira ku buryo bwo guhagarika intambara

Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri kwitegura ibiganiro na Ukraine bizabera muri Arabia Saoudite, (…)

Sudani yajyanye UAE mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera

Sudani irashinja Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) jenoside. Mu kirego cyatanzwe kuri uyu wa (…)

Ubucuruzi hagati ya Afurika n’u Bushinwa bwarenze miliyari 295$

U Bushinwa bukomeje gushimangira ko ari umufatanyabikorwa ukomeye wa Afurika mu ubucuruzi, aho (…)

Abadepite barwaniye mu cyumba cy’Inteko kugeza bateraye n’ibiturika

Inteko Ishinga Amategeko ya Seribiya yabereyemo imvururu kuri uyu wa Kabiri, aho bamwe mu (…)