skol
fortebet

Mu mahanga

Ndayishimiye yasabwe gukemura ibibazo by’u Burundi, aho kubiharira Imana

Umuryango PARCEM wita ku bikorwa bigamije guhindura imyumvire y’abaturage, wasabye Perezida (…)

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza ko igihugu cye (…)

Uganda: Abaganga bibeshye baha abana 100 ibinini by’igicuri aho kuba iby’inzoka

Abanyeshuri barenga 100 bo ku ishuri ribanza rya Kajumbajumba ryo mu Karere ka Ntungamo muri (…)

Abimukira ibihumbi 20 binjiye mu Bwongereza mu buryo butemewe mu 2025

Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko kuva muri Mutarama 2025, abimukira baturutse ku mugabane (…)

Uganda: Abantu 10 batawe muri yombi bazira kunywera itabi mu ruhame

Polisi n’inzego z’ubuzima mu karere ka Kabale, muri Uganda, zataye muri yombi abantu 10 (…)

U Bushinwa bwohereje mu isanzure umushakashatsi muto mu mateka yabwo

U Bushinwa bwongeye kwandika amateka ubwo icyogajuru cyiswe Shenzhou-21 cyatangiraga urugendo (…)

Mexique: Iturika ry’amashanyarazi ryishe abantu 23 mu iguriro

Iturika bikekwa ko byaturutse ku mpanuka y’umuriro w’amashanyarazi byahitanye abantu 23, abandi (…)

Amerika yasabye Leta ya Congo na AFC/M23 kubahiriza ibyo bemeye

Leta zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko Leta ya Congo n’ihuriro AFC/M23 bageze ku ntambwe (…)

Offisiye wa FARDC yarashwe n’ushinzwe kumurinda

Umusirikare ufite ipeti rya Capitaine mu gisirikare cya Congo, (FARDC) yarashwe n’ushinzwe (…)

Israel yashyikirije Palestine indi mirambo 30 y’abaturage bayo

Israel ibinyujije mu muryango utabara imbarabare, Croix Rouge, yatanze imirambo 30 (…)

Leta ya RDC ihamya ko ibiganiro bya Doha bigamije ’kwica AFC/M23’

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buhamya ko ibiganiro bya Doha biyoborwa (…)

Amerika ikeneye kugenzura niba ibisasu bya kirimbuzi ifite bikora neza

Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, J.D. Vance, yatangaje ko gusubukura igeragezwa (…)

Ibyavuye mu matora ya Tanzania byazamuriye uburakari abigaragambya

Imyigaragambyo ikomeje kwiyongera mu mijyi minini hirya no hino muri Tanzania aho uburakari (…)

AFC/M23 yitandukanyije n’abasaba gufungura ikibuga cy’indege cy’i Goma

Inama yabereye mu Bufaransa igamije kuvuga ku mahoro muri Congo Kinshasa yasabye ko ikibuga (…)

Perezida Museveni yagizwe umuhuza mu bibazo by’umutekano muke muri Sudani

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU) wagize Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, (…)