skol
fortebet

Mu mahanga

Tanzania yakuyeho guma mu rugo, inafungura internet nyuma y’imvururu z’amatora

Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko yakuyeho bimwe mu byemezo byari byashyizweho birimo guma mu (…)

Iran igiye kongera kubaka inganda za nucléaire zasenywe na Israel

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian yatangaje ko igihugu cye kizongera kubaka inganda (…)

Loni yasabye ko hakumirwa iyohereza ry’intwaro muri Sudani

Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres yatangaje ko intambara imaze imyaka ibiri muri (…)

Dick Cheney wabaye Visi Perezida wa Amerika yapfuye

Dick Cheney wabaye Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika hagati ya 2001 na 2009 ku (…)

Gen Mamadi Doumbouya agiye kwiyamamariza kuyobora Guinée-Conackry

Brigadier Général Mamadi Doumbouya uyobora Guinée-Conakry ari mu bakandida baziyamamariza (…)

Imbuga enye zo mu Bufaransa zicuruza ‘sex toys’ zatangiye gukorwaho iperereza

Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwatangije iperereza ku mbuga enye zirimo Shein, Ali Express, Temu (…)

Dufite intwaro za ‘nucléaire’ zaturitsa Isi inshuro 150: Trump ku buhangange bwa Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko iki gihugu gifite intwaro za (…)

RDC yahagaritse burundu muri Basketball abitabiriye Giants of Africa i Kigali

Ishyirahamwe rya Basketball muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FEBACO), ryirukanye (…)

Abanyamategeko hafi 400 batsinze ikizamini cyo kuba abacamanza mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Nepal: Barindwi bazamukaga umusozi bishwe n’urubura

Abantu barindwi bazamukaga umusozi wa Yalung Ri uri mu karere ka Dolakha mu Majyaruguru (…)

Umusirikare ukomeye wa Israel mu mazi abira kubera amashusho y’iyicarubozo ryakorewe Abanya-Palestine

Maj Gen Yifat Tomer-Yerushalmi, wahoze Umunyamategeko w’Igisirikare cya Israel (IDF), yafunzwe (…)

U Bufaransa: Abapolisi babiri basambanyirije umugore muri kasho

Abapolisi babiri b’Abafaransa barimo umwe ufite imyaka 23 n’uwa 35 bakurikiranyweho gusambanya (…)

Espagne: Uwayoboraga Valencia yeguye nyuma yo kunanirwa guhangana n’umwuzure wahitanye abarenga 200

Umuyobozi w’Intara ya Valencia muri Espagne, Carlos Mazón, yeguye nyuma y’igitutu cyinshi (…)

Tanzania iri guhigisha uruhindu abanyamahanga bagize uruhare mu myigaragambyo

Polisi ya Tanzania yatangaje ko iri guhigira hasi kubura hejuru abanyamahanga bateje imvururu mu (…)

Trump asanga Perezida Xi Jinping na Putin ari abo kudakinishwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye bagenzi be b’u Burusiya n’u (…)