skol
fortebet

Mu mahanga

Uruzinduko Visi Perezida wa Amerika yagomba kugirira muri Kenya rwasubitswe

Uruzinduko Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, J.D. Vance, yagombaga kugirira muri (…)

Turikiya: Abantu umunani bafunzwe, abakinnyi 1024 bahagarikwa kubera ‘betting’

Ubuyobozi bwa Turikiya bwatangaje ko ku wa Mbere hafunzwe abantu umunani barimo umuyobozi (…)

Tshisekedi yafunze Jenerali uzwiho kuvuga ko ari we uzarangiza M23

Maj Gen John Tshibangu, Umuyobozi w’Akarere ka 21 ka gisirikare mu ngabo za Repubulika ya (…)

Nicolas Sarkozy yafunguwe

Urukiko rw’i Paris rwategetse ko Nicolas Sarkozy wabaye Perezida w’u Bufaransa aba afunguwe (…)

Slovakia yiyemeje kurwanya ifatirwa ry’umutungo w’u Burusiya

Slovakia yatangaje ko itazashyigikira gahunda y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) yo gukoresha (…)

Umugenzi yapfiriye mu ndege yajyaga i Maputo

Umugenzi w’umugore ukomoka muri Angola yapfiriye mu ndege ya TAAG Angola Airlines ubwo yari mu (…)

Museveni yashinje Abanyaburayi uruhare mu myigaragambyo yo muri Tanzania

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ibihugu by’i Burayi biri inyuma (…)

Trump yababariye abashinjwe kugerageza gutesha agaciro amatora yo mu 2020

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yababariye abantu bakurikiranywe (…)

Urukiko rugiye kumva ugutakamba kwa Sarkozy, ushaka gukurwa muri gereza

Urukiko rwo mu Mujyi wa Paris rwatangaje ko kuri uyu wa Mbere rusuzuma ubusabe bwa Nicolas (…)

Perezida Ruto ntiyicuza gusaba Polisi kurasa abigaragambya mu kaguru

Perezida wa Kenya, William Ruto, yavuze ko aticuza kuba yarasabye polisi kurasa mu kaguru (…)

Imidugararo y’amatora muri Cameroun yatumye ibiciro muri Centrafrique bizamuka

Kubera ko Centrafrique ari igihugu kidakora ku nyanja, ibibazo bya Politiki biherutse kuvuka (…)

U Burundi bwohereje abandi basirikare bo kugota Minembwe

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho urashinja Leta y’u Burundi kohereza batayo ebyiri z’ingabo z’icyo (…)

Abayobozi babiri bakuru ba BBC basezeye nyuma yo gutangaza amakuru y’ibinyoma kuri Perezida Trump.

Umuyobozi Mukuru wa BBC, Tim Davie n’Umuyobozi ushinzwe serivisi y’amakuru, Deborah Turness, (…)

Ambasade ya Sudani y’Epfo muri Kenya yafunzwe kubera kutishyura ubukode

Ambasade ya Repubulika ya Sudani y’Epfo muri Kenya yafunzwe, nyuma y’uko itabashije kwishyura (…)

U Bubiligi bwatakambiye abagera ku bihumbi 150 bafite imyaka 17 kwinjira mu gisirikare

Minisitiri w’Ingabo z’u Bubiligi, Theo Francken, yatangaje boherereje amabaruwa ibihumbi 149, (…)