skol
fortebet

Mu mahanga

AFC/M23 yatangaje ko izagira uruhare mu gusenya imitwe yitwaje intwaro

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko (…)

Abantu 26 baguye mu bitero by’u Burusiya muri Ukraine

Abantu 26 bapfuye abandi 100 barakomereka ndetse abarenga 20 baburirwa irengero nyuma y’ibitero (…)

U Bubiligi buri gukora iperereza ku nkomoko y’amafaranga y’umuryango wa Tshisekedi

Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Bubiligi buri gukora iperereza ku nkomoko y’amafaranga ari kuri konte (…)

BBC yasabye imbabazi umugore w’Igikomangoma William kubera kumwita izina ritari iry’ibwami

Ikigo cy’Itangazamakuru cy’u Bwongereza, BBC, cyasabye imbabazi Umugore w’Igikomangoma cya (…)

Bin Salman wa Arabie Saoudite yahatiye Trump kwinjira mu ntambara yo muri Sudani

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kugira uruhare mu (…)

Perezida Samia yateguje ko Tanzania izagorwa no kubona inguzanyo kubera imyigaragambyo yabaye

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko iki gihugu kizagorwa no kubona inguzanyo (…)

Israel yishe Abanya-Palestine 13 bahungiye mu nkambi yo muri Liban

Minisiteri y’Ubuzima muri Liban yatangaje ko igitero cy’indege Israel yagabye mu nkambi (…)

Leta ya RDC yakomeje gufunga ibirombe biri mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko ibikorwa by’ubucukuzi (…)

Abanyarwanda baba mu Bufaransa bifuza ko RFI yasiba inkuru cyangwa igahanwa

Umuryango w’Abanyarwanda baba mu Bufaransa (Communauté Rwandaise de France: CRF) baherutse (…)

Ukraine: Abantu icyenda bahitanywe n’igitero u Burusiya bwagabye mu Burengerazuba

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Ugushyingo, Perezida Volodymyr Zelensky yatangaje ko abantu (…)

U Bubiligi: Umugabo umwe yabyaye abana barenga 50 ku bagore 39

Mu Bubiligi ubwo Ibiro by’umugenzuzi mukuru byagenzuraga imikorere y’urwego rushinzwe imiti na (…)

Qatar yagaragaje ingorane zikomeye ziri mu guhuza Leta ya RDC na AFC/M23

Umunyamabanga wa Leta ya Qatar ushinzwe ububanyi n’amahanga, Dr. Mohammed bin Abdulaziz (…)

Perezida wa Mexique yakuriye inzira ku murima Trump ushaka kuyigabaho ibitero

Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko atazigera na rimwe yemera ko Leta Zunze (…)

Trump yandagaje umunyamakuru

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yandagaje umunyamakuru wabajije (…)

Loni yemeje kohereza ingabo mpuzamahanga muri Gaza

Akanama k’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye (Loni) ku wa Mbere tariki ya 17 Ugushyingo 2025, (…)