skol
fortebet

Mu mahanga

Habaye iki ngo Edgar Lungu wapfuye mu mezi hafi atandatu ashize, abe atarashyingurwa?

Umurambo wa Dr. Edgar Lungu Chagwa wayoboye Zambia kuva mu 2015 kugeza mu 2021 uracyabitswe muri (…)

Amerika yahagaritse ibikorwa byo gutanga ubuhungiro

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasubitse ibikorwa byo kwemerera ubuhungiro ababusabaga nyuma (…)

U Bufaransa: Ibinyamujonjorerwa bifite agaciro ka miliyoni 150 Frw byibwe

Ubuyobozi bwa Sosiyete L’Escargot des Grands Crus icururiza ibinyamujonjorerwa mu karere ka Bouz (…)

Uri ikigoryi? Trump ku munyamakuru wamubajije iby’ubwicanyi bwabereye i Washington

Perezida Trump yise “ikigoryi” umunyamakuru w’umugore nyuma y’uko amubajije niba yicuza (…)

Perezida Goodluck Jonathan wari waheze muri Guinée-Bissau kubera Coup d’état yatabawe

Goodluck Jonathan wahoze ari Perezida wa Nigeria yatabawe, asubizwa mu gihugu cye igitaranganya (…)

Iperereza ryakajije umurego ku byegera bya Zelensky bishinjwa ruswa

Inzego zishinzwe kurwanya ruswa muri Ukraine zatangiye gukora iperereza mu nzu ya Andriy Yermak, (…)

U Burayi bwakomanyirije Tanzania

Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yatoye imyanzuro yo gufatira ibihano (…)

Embaló wahiritswe ku butegetsi yahunze

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Sénégal yatangaje ko uwari Perezida wa Guinée-Bissau, Umaro (…)

Gen N’Tam yarahiriye kuyobora Guinée-Bissau nyuma ya coup détat ‘yayobowe’ na mugenzi we

Gen Horta N’Tam yagizwe Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Bissau nyuma y’aho Umaro Sissoco Embaló (…)

Nigeria yashyizeho ibihe bidasanzwe kubera ikibazo cy’ishimutwa ry’abanyeshuri

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu, yashyizeho ibihe bidasanzwe mu gihugu mu gihe hari gushakwa (…)

Abana ba Perezida Mohammed Bazoum wayoboye Niger basabye ko se na nyina bafungurwa

Abana ba Mohammed Bazoum wahoze ayobora Niger basabye ko we n’umugore we Hadiza barekurwa, nyuma (…)

Muyaya yise intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC akantu gato ku gihugu

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya Katembwe, (…)

Abimukira batatu batawe muri yombi bakekwaho gusambanya mu kivunge Umutaliyani

Abagabo batatu bakomoka muri Maroc bakekwaho gusambanya umukobwa w’imyaka 18 wo mu Butaliyani, (…)

Amerika yahagaritse kwakira Abanya-Afghanistan kubera mugenzi wabo warasiye abasirikare hafi ya White House

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahagaritse by’agateganyo kwakira abasaba ubuhungiro baturutse muri (…)

Urukiko rwategetse Bolsonaro wayoboye Brésil kumara imyaka 27 muri gereza

Urukiko rw’Ikirenga muri Brésil rwategetse ko Jair Bolsonaro wahoze ari Perezida w’iki gihugu, (…)