skol
fortebet

Mu mahanga

Tanzania: Umunya-Kenya ubarizwa mu gisirikare cya Amerika yafatanywe ’grenades’ enye

Polisi ya Tanzania yatangaje ko yafashe umugabo ufite ubwenegihugu bwa Kenya n’ubwa Leta Zunze (…)

DRC: Ibyihehe byiciye abantu mu ivuriro

Abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

U Burusiya bwashyize uwari Minisitiri w’Intebe wabwo ku rutonde rw’ibyihebe

U Burusiya bwashyize ku rutonde rw’abafatwa nk’ibyihebe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Mikhail (…)

Sinzinginga Museveni ngo amufungure kuko arengana- Winnie Byanyima ku ifungwa ry’umugabo we

Winnie Byanyima yavuze ko yiteguye guhura na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ngo (…)

Israel yarashe ku ngabo za Loni

Abasirikare bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Majyepfo ya Liban (UNIFIL) bashinje (…)

Perezida Ramaphosa ahanganye n’abo mu ishyaka rye bamusaba kwegura

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ahanganye na bamwe mu banyamuryango b’ishyaka ANC (…)

Perezida Ndayishimiye aherutse gusimbuka urupfu

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aherutse kurusimbuka ubwo yasuraga ikirombe cya (…)

M23 yinjiye muri teritwari ya Shabunda

Nyuma y’imirwano ikomeye yabaye ku cyumweru, amakuru atandukanye aremeza ko umutwe wa M23 (…)

DRC: Abantu 40 bapfiriye mu kirombe

Ubutabazi bwakozwe guhera ku wa Gatandatu Tariki 15, Ugushyingo, 2025 bwatumye kugeza ubu (…)

U Burundi burashaka ko butirengagizwa mu masezerano y’amahoro muri Congo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Edouard Bizimana, yagaragaje ko amasezerano (…)

Michelle Obama asanga kuba Amerika yagira Perezida w’umugore biri kure nk’ukwezi

Michelle Obama, umugore wa Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, (…)

Abimukira bane barohamye mu nyanja ya Mediterannee

Abimukira bane bapfiriye mu mpanuka nyuma yuko ubwato bubiri bwari butwaye abimukira hafi ijana (…)

Mexique: Abapolisi 100 bakomerekeye mu myigaragambyo y’urubyiruko

Urubyiruko rwo muri Mexique rurenga igihumbi rwiyise ‘Gen-Z’ bagiye mu mihanda barigaragambya (…)

Bolsonaro wayoboye Brésil mu nzira igana muri gereza

Jair Bolsonaro wahoze ayobora Brésil, ashobora gufungwa, nyuma y’uko Urukiko rw’Ikirenga rwanze (…)

Perezida Suluhu agiye gushyiraho Minisiteri y’Urubyiruko

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu, yatangaje ko iki gihugu kigiye gushyiraho Minisiteri (…)