skol
fortebet

Mu mahanga

Sudani y’Epfo: Perezida Kiir yirukanye Visi Perezida

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yirukanye umwe mu ba Visi Perezida be, Benjamin (…)

Kazakhstan: Abadepite batoye itegeko ribuza icengezamatwara ry’abaryamana bahuje ibitsina

Inteko Ishinga Amategeko ya Kazakhstan, yatoye itegeko ribuza icengezamatwara ry’imyemerere (…)

Umwana w’imyaka 14 yemeye icyaha cyo kwica umukecuru w’imyaka 64

Mu mujyi wa Fairfax muri Leta ya Ohio, umwana w’umuhungu w’imyaka 14 y’amavuko yemeye icyaha cyo (…)

Ramaphosa yabwiye Trump ko politike yo kwigumura ntacyo yamugezaho

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yavuze ko politiki yo kwigumura ntacyo yageraho ubwo (…)

Guverinoma ya Amerika yasubukuye ibikorwa by’agateganyo

Kera kabaye Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika yemeye umushinga w’itegeko usubukura ibikorwa (…)

Perezida wa Uganda yateguje intambara kuri Kenya kubera inyanja y’Abahinde

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye kuvuga amagambo akomeye ku bibazo (…)

U Budage: Yatawe muri yombi ashinjwa gushaka kwica abarimo Angela Merkel na Chancelier Scholz

Umudage ukekwaho kugirana imikoranire n’amatsinda agifite imitekerereze y’Aba-Nazi, yatawe muri (…)

U Bushinwa bwahagaritse ‘applications’ ebyiri zihuza abaryamana bahuje ibitsina

Uruganda rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga, Apple rwemeje ko rwahagaritse ‘applications’ (…)

Mu Bubiligi hatangijwe ishyaka rishya ryiswe ‘TRUMP’

Mu Bubiligi hatangijwe ishyaka rya politike ryiswe ‘TRUMP’, izina ryatoranyijwe mu rwego rwo (…)

Abaganga bavuze ko atazarenza imyaka ine none agize 20

Umukobwa witwa Alex Simpson wo muri Leta ya Nebraska muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yujuje (…)

Pakistan: Igitero cy’ubwiyahuzi cyagabwe ku rukiko cyahitanye 12

Igitero cy’ubwiyahuzi cyagabwe imbere y’urukiko muri Pakistan cyahitanye abantu 12 abandi 27 (…)

Trump yashimagije Perezida wa Syria, Amerika yafataga nk’icyihebe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye Perezida wa Syria, Ahmed (…)

Umuhungu wa Muammar Gaddafi yarekuwe nyuma y’imyaka hafi 10 afungiye muri Liban

Umuhungu wa Muammar Gaddafi witwa Hannibal Gaddafi, wari umaze imyaka hafi 10 afungiye muri (…)

Amerika: Sena yemeje isubukurwa ry’ibikorwa bya Guverinoma nyuma y’iminsi irenga 40

Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatoye umwanzuro wo gusubukura ibikorwa bya Guverinoma (…)

U Buhinde: Abagize uruhare mu iturika ry’imodoka ryahitanye abantu umunani bari guhigwa bukware

Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, yatangaje ko abagize uruhare mu guturikiriza (…)