skol
fortebet

Mu mahanga

Leta ya RDC na AFC/M23 byasinye amahame shingiro abigeza ku mahoro arambye

Abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 (…)

Ndayishimiye yavuze ko amabuye y’agaciro yohereje mu mahanga yinjirije u Burundi miliyoni 6,8 $

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko amabuye y’agaciro aherutse kohereza mu (…)

AFC/M23 na Leta ya RDC bigiye gutera indi ntambwe y’amahoro

Abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 kuri uyu (…)

U Burusiya bwihanangirije u Bubiligi ku mitungo y’Abarusiya yafatiriwe

Ambasaderi Denis Gonchar w’u Burusiya yihanangirije Guverinoma y’u Bubiligi ko nitemera gutanga (…)

Ingabo za RDC zagabye ibitero bya drones ku Banyamulenge

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zabyutse zigaba ibitero bya drones mu gace ka (…)

U Burusiya na Ukraine byongeye kumvana imitsi, buyigabaho drones zirenga 400

Abantu batandatu ni bo bamaze kumenyekana ko bapfuye nyuma y’uko drone y’u Burusiya ikubise (…)

Burundi: Ubuzima bw’umunyamakuru Sandra Umuhoza ufunzwe buri mu kaga

Abunganira umunyamakuru Sandra Umuhoza umaze igihe kirenga umwaka afungiwe ubutumwa bwaguye nabi (…)

Ibyihariye kuri Minisitiri Meloni w’u Butaliyani wagamburuje n’abarimo Trump kubera ikimero

Birenze kuba ari umugore w’igihangage uyoboye igihugu nk’u Butaliyani gituwe n’abarenga miliyoni (…)

BBC yasabye imbabazi Trump, yanga kwishyura indishyi ya miliyari ya 1$

BBC yasabye imbabazi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku bwo kugoreka (…)

Umubyibuho wongewe mu mpamvu zituma wimwa visa yo kujya muri Amerika

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yasabye (…)

Abanya-Kenya barenga 200 bari kurwanira muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kenya, Musalia Mudavadi, (…)

U Buhinde: Abakozi b’abagore bagiye mu mihango bashyiriweho ikiruhuko

Leta ya Karnataka iri mu Majyepfo y’u Burengerezuba bw’u Buhinde yashyizeho itegeko rishya (…)

Minisitiri Kayikwamba yinyuzemo ubwo yahakanaga ubufatanye bwa Leta ya RDC na FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba (…)

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe

Ku wa 12 Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye kuburanisha (…)

Abimukira 42 barohamye mu Nyanja ya Méditerranée bavuye muri Libya

Loni yatangaje ko abantu 42 baburiwe irengero nyuma yo kurohama mu Nyanja ya Méditerranée, (…)