skol
fortebet

Mu mahanga

Ibikorwa by’ihuriro rya Kabila byaciwe ku butaka bwa Congo

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bwaciye ku butaka bw’iki gihugu Ihuriro (…)

Yibye ‘diamant’ y’arenga miliyoni 27 Frw, arayimira

Umugabo wo muri Nouvelle-Zélande akurikiranyweho kwiba no kumira umutako wa diamant ufite (…)

Ruto yise Gachagua wari Visi Perezida we ‘igicucu’

Perezida William Ruto yavuze ko abavuga ko ari kwerekeza Kenya mu bibazo nk’ibyo Somalia irimo, (…)

Abasirikare ba Uganda bishe babiri ba RDC

Abasirikare ba Uganda bari mu bikorwa byo kurwanya imitwe yitwaje intwaro mu Burasirazuba bwa (…)

Trump agiye kwirukana Abanya-Somalia ku butaka bwa Amerika

Perezida Donald Trump yasabye Abanya-Somalia batuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, gusubira (…)

Guinée-Bissau: Ntihagitangajwe amajwi y’ibyavuye mu matora

Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Guinée-Bissau yatangaje ko idashobora gutangaza ibyavuye mu (…)

Ingabo za RDC zishe abasivili muri Kamanyola, hakomereka benshi

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Uganda: Urubuga rwa Facebook rushobora gukomorerwa nyuma y’imyaka 5 rufunzwe

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma iri gusuzuma uburyo Facebook (…)

Amerika yateguje imyigaragambyo ikomeye muri Tanzania

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Tanzania, yashyize hanze itangazo risaba abaturage (…)

Afurika y’Epfo yananiwe kwihanganira ‘imyitwarire y’igitugu’ ya Trump

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa n’abayobozi batandukanye muri iki gihugu, bamaze (…)

Perezida Ruto yasabye abasore b’imyaka 25 gushaka abagore aho kwirirwa mu tubyiniro

Perezida wa Kenya, William Ruto, yasabye urubyiruko cyane cyane abasore barengeje imyaka 25, (…)

Hong Kong: Hashyizweho iminsi itatu yo kunamira abarenga 120 bishwe n’inkongi

Abayobozi ba Hong Kong batangije iminsi itatu y’icyunamo banafata umunota umwe wo kwibuka no (…)

Amerika: Abantu biciwe mu birori by’isabukuru y’amavuko

Muri Leta ya California muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, abantu bane bishwe abandi 10 (…)

Papa Léon XIV yinjiye mu musigiti akuyemo inkweto ariko ntiyasenga

Papa Léon XIV yinjiye mu musigiti witwa Blue Mosque muri Istanbul, asiga inkweto hanze (…)

U Bwongereza: Umusatsi w’umwami Charles III washyizwe muri cyamunara

Umusatsi w’Umwami w’u Bwongereza, Charles III, washyizwe mu cyamunara, aho uri kugurishwa arenga (…)