skol
fortebet

Mu mahanga

Umuherwe wa mbere ku isi Jeff Bezos yashwanye n’umukunzi we aherutse gusimbuza umugore we baherutse gutandukana

Umuherwe wa mbere ku isi nyiri Amazon,Jeff Bezos yashwanye n’umukunzi we witwa Lauren Sanchez (…)

Abapolisi benshi ba RD Congo bategetswe kurinda inzu ya Martin Fayulu

Uruvunganzoka rw’abapolisi ba RDC rwategetswe kurinda amanywa na nijoro inzu ya Martin Fayulu (…)

Iturika rya Gas mu mujyi wa Paris ryakomerekeje benshi [AMAFOTO]

Polisi yo mu mujyi wa Paris yatangaje ko abantu 9 bakomerekeye bikomeye mu iturika rya gas (…)

Uko isi yiriwe Taliki ya 11 Mutarama 2019:Martin Fayulu agiye kujuririra ibyavuye mu matora

Martin Fayulu watsinzwe amatora muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo na Felix (…)

Mugabe wahoze ari perezida wa Zimbabwe yibwe igikapu cyuzuye amadolari

Abantu 3 bagejejwe imbere y’urukiko rwo muri Zimbabwe,bakurikiranyweho icyaha cyo gufungura inzu (…)

Umwana w’umukobwa yirashe isasu mu isura ari kwifatira selfie ku mbunda ya se

Umwana w’umukobwa w’imyaka 13 ukomoka mu gace kitwa Mytishchi mu mujyi wa Moscow yirashe isasu (…)

Ibihugu bikomeye ku isi byatangiye gushidikanya ku ntsinzi ya Felix Tshisekedi watorewe kuyobora RDC

Ibihungu bikomeye biriko Ubufaransa n’Ububiligi bimaze gutangaza ko bishidikanya ku byavuye mu (…)

Umusaza yateraguye icyuma umukecuru bari bamaze imyaka 50 babana amuhoye kumusiga akishakira undi mugabo

Umusaza w’imyaka 74 witwa David Thomas w’imyaka 74,yishe uwari umugore we witwa Sheila Thomas (…)

Impunzi z’abakongomani zikomeje kwisuka mu Rwanda kubera ubwoba bw’ibizava mu matora

Abaturage benshi bakomoka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo batangiye kuzinga (…)

Perezida Ali Bongo yahiritswe ku butegetsi n’igisirikare cye

Perezida wa Gabon Ali Bongo umaze igihe kinini arwaye yahiritswe ku butegetsi n’igisirikare (…)

Umugabo yarashe umugore we ku bunani nyuma yo kubona amashusho ari gusambana n’undi mugabo

Umunyamerika witwa William Brian Stillwell w’imyaka 39 yarashe umugore we ku bunani nyuma yo (…)

Donald Trump yiyemeje kubaka urukuta rutandukanya USA na Mexico ku ngufu

Perezida wa USA yatangaje ko agiye gufata umwanzuro wo kubaka urukuta ku mupaka utandukanya USA (…)

Umugabo yaburiwe irengero nyuma yo gutwika nyina ari muzima

Umugabo ukomoka mu Buhindi witwa Tapas Mandal,yakoze amahano ku munsi w’ejo ubwo yashwanaga na (…)

Umupadiri wasambanyaga abana b’abanyeshuli akanategura ibirori by’ubusambanyi yahagaritswe

Ihuriro ry’abashumba ba kiliziya gatolika muri Kenya ryahagaritse umupadiri wakoreraga mu gace (…)