skol
fortebet

Mu mahanga

Ubuyobozi bwa RD Congo bwafunze Televiziyo ishyigikiye abakandida batavuga rumwe na leta

Televiziyo yitwa Canal Congo yamaze gufungwa kubera ko ishyigikiye abakandida batavuga rumwe (…)

Umunyeshuli yaguye mu mugezi arapfa ubwo yarimo yifata selfie [AMAFOTO]

Umunyeshuli w’umuhindi witwa Rohon Mishra ntiyabashije kurangiza umwaka wa 2018,kuko yahuye (…)

Abakongomani bitabiriye amatora ya perezida bafite ubwoba bwinshi

Ku munsi w’ejo Taliki ya 30 Ukuboza 2018 nibwo habaye amatora ya Perezida wa Repubulika muri (…)

Umujyi wo mu Buyapani uri kwishyura abantu akayabo kugira ngo babyare abana benshi

Umujyi wa Nagi mu Buyapani ukomeje kuba kimaranzara kuko uri kwishyura akayabo ka miliyoni (…)

Meghan Markle washyingiranywe n’igikomangoma cy’Ubwongereza Harry arashinjwa gucuruza ibiyobyabwenge mu bukwe bwe bwa mbere

Umunyamerikakazi Meghan Markle washyingiranywe n’igikomangoma cy’Ubwongereza Harry muri Gicurasi (…)

Umugore yaciye umugabo we igitsina amuziza kumujujubya mu gutera akabariro

Umugore ukomoka mu Buhindi mu gace kitwa Dombivali,yatawe muri yombi na polisi nyuma yo (…)

Barack Obama na Michelle Obama nibo bantu bakunzwe na benshi kurusha abandi ku isi

Umugore w’uwahoze ari perezida wa USA,Barack Obama,Michelle,niwe watowe n’Ikigo cy’Abanyamerika (…)

Umugabo yafatanyije na muramu we kwica nyirabukwe

Umugabo witwa Anil Nag na muramu we witwa Mamata bakomoka mu gihugu cy’Ubuhindi batawe muri (…)

Donald Trump yashimangiye ko ingabo za USA zatsinze umutwe wa ISIS muri Syria

Perezida wa USA,Donald J.Trump yavuze ko umutwe w’iterabwoba wa ISIS uri hafi gutsindwa ubwo (…)

Umugabo yatawe muri yombi kubera guhenera inyubako ya White House

Polisi ya Washington yataye muri yombi umugabo w’Umudage witwa Sebastian Hares wakuyemo ipantaro (…)

Abarundi bari gusabwa ku ngufu umusanzu wo gushyigikira amatora ya Perezida

Abaturage bo mu Burundi bari kurira ayo kwarika kubera umusanzu wo gushyigikira amatora ya (…)

Ibibunda bya rutura byashyizwe aho Bobi Wine yiteguraga gukorera igitaramo

Leta ya Uganda ikomeje kubuza umuhanzi Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Museveni gukora (…)

Amatora ya Perezida wa RD Congo yimuriwe muri Werurwe 2019 mu bice bimwe na bimwe

Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), CENI,yatangaje (…)

Imbonerakure zashyizwe ku bwinshi ku mupaka utandukanya u Rwanda n’u Burundi

Insoresore zizwi nk’imbonerakure zarunzwe ku mipaka itandukanya Uburundi n’u Rwanda ndetse na (…)

Abantu 22 baguye mu myigaragambyo yo kwamagana izamuka ry’igiciro cy’umugati

Mu gihugu cya Sudan hari kuvugwa inkuru ibabaje y’abantu 22 barasiwe mu myigaragambyo yo (…)