skol
fortebet

Mu mahanga

Liberia yabujije abantu 23 kujya mu mahanga kubera amadorali

Mu gihugu cya Liberia urukiko rwabujije abantu 23 gukora ingendo zerekeza mu mahanga, mu gihe (…)

Umusore w’imyaka 20 yafashwe yambaye ubusa ari gusambanya umwana w’imyaka 6

Umusore w’imyaka 20 yafashwe ari gusambanya ku ngufu umwana w’imyaka 6 mu bwiherero bwo muri (…)

Burundi: Uyu musore yemeye ko yagabye igitero simusiga cyahitanye 26

Polisi y’ u Burundi yerekanye umusore ukekwaho kuyobora abagabye igitero mu Ruhagarika mu Ntara (…)

Indege ya Air Niugini itwara abagenzi yaguye mu Nyanja ntihagira uhasiga ubuzima [AMAFOTO]

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu habaye igitangaza gikomeye ubwo indege itwara abagenzi ya Air (…)

Ibandi ryakubise umupolisikazi icupa mu mutwe arakomereka bikomeye [AMAFOTO]

Umupolisikazi witwa Annie Bloomfield yakubiswe icupa rya champagne mu mutwe n’ibandi ryitwa Lee (…)

Impirimbanyi zakatiwe igifungo cy’amezi 12 kubera gutuka Perezida Kabila

Impirimbanyi enye zivuga ko ziharanira demokarasi zakatiwe igifungo cy’amezi 12 kubera gutuka (…)

Ucyekwa mu gitero cy’uburozi mu Bwongereza yagizwe Intwari y’Uburusiya

Igitangazamakuru cyo kuri interineti gikora inkuru zicukumbuye cyatangaje ko umugabo w’Umurusiya (…)

Umugore yongeye kubona umwana we yari amaze imyaka 6 yarabuze [AMAFOTO]

Umugore witwa Luz Cuevas ukomoka muri USA, yasazwe n’ibyishimo ubwo yahuraga n’umwana we yari (…)

Umugore yateraguye icyuma umwana we w’amezi 8 amuziza kumukangura nijoro

Umugore w’Umurusiya witwa Adelina Khairnasova wari wafashe ku gasembuye,yazabiranyijwe (…)

Umugore yateye SIDA uruhinja rw’amezi 9 rw’umuturanyi we

Umugore witwa Susan Njeri ukomoka muri Kenya mu ntara ya Nakuru yatawe muri yombi kubera konsa (…)

Uruhinja rw’amezi atatu rwitabiriye inama ya ONU

Minisitiri w’intebe wa New Zealand, Jacinda Ardern, ku wa mbere yagejeje ijambo rye rya mbere ku (…)

Umugore yishe umukunzi we amuteye ikimene cy’isahani mu maso

Umugabo witwa Paul Lavelle w’imyaka 50 ukomoka mu Bwongereza, mu mujyi wa Liverpool, yahuye (…)

Byatahuwe ko ubwato buherutse gukora impanuka muri Tanzania umusare wabwo atari aburimo

Kuri iki cyumweru ni bwo hashyingurwa abapfiriye mu mpanuka y’ubwato bwa MV Nyerere mu kiyaga (…)

Umusore yagwiriwe n’igiti arapfa ubwo yari agiye kwambika impeta umukunzi we

Umusore ukomoka mu gihugu cya Ireland y’amajyaruguru witwa Matt Campbell w’imyaka 24,yahuye (…)

Umusaza n’umuhungu we barashe umuturanyi wabo bamuhoye matela yabishyuzaga

Umusaza witwa John Miller w’imyaka 67 n’umuhungu we Michael Miller ufite imyaka 31 bakomoka muri (…)