skol
fortebet

Mu mahanga

Umugabo yafashe umugore we ari kumuca inyuma amukata umutwe awushyira abapolisi

Umugabo witwa Satish ukomoka mu Buhinde yagize umujinya mwinshi ubwo yafataga umugore we (…)

Abanyarwanda bane batawe muri yombi bageze muri Uganda

Ubuyobozi bw’ Akarere ka Rubanda muri Uganda bwataye muri yombi Abanyarwanda 4 n’ umunyekongo 1 (…)

Muri Ghana bari gusezera bwa nyuma ku murambo wa Kofi Annan

Umurambo wa Kofi Annan wigeze kuba umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye kuri uyu wa (…)

Abagabo babiri bafashwe amashusho bari guha amazu akodeshwa abagore ku buntu ngo bajye babasambanya

Abagabo babiri bo mu mujyi wa Bristol, Mike na Tom, bafashwe amashusho bari kwingingira abagore (…)

Myugariro Gomis wahoze akinira Saint-Etienne yarashwe n’ibandi arapfa

Myugariro William Gomis wakiniraga ikipe ya Saint Etienne y’abatarengeje imyaka 18 yarashwe (…)

Umutingito ukomeye wibasiriye Ubuyapani uhitana benshi, wangiza amazu [AMAFOTO]

Mu gace ka Hokkaido gaherereye mu majyaruguru y’Ubuyapani, haraye habaye umutingito ukomeye (…)

Amazi y’Umugisha yahitanye abagera ku 10 abandi 1200 bari mu bitaro

Abaturage bo mu majyaruguru ya Tigray muri Ethiopia banyweye ku mazi y’umugisha bugarijwe (…)

Barack Obama yibasiye Trump wamusimbuye kubutegetsi bwa Amerika

Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yanenze bikomeye Perezida (…)

Perezida Trump yasabye iperereza ku wanditse inkuru ku biro bye ntiyivuge izina

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasabye minisiteri y’ubucamanza y’iki (…)

Agasumbashyamba kakubise umugore n’umwana none barembeye mu bitaro

Umugore w’umwongereza witwa Katy Williams n’umwana we Finn Williams, bahuye n’uruva gusenya ubwo (…)

Umugeni yasanze umugabo we yapfuye nyuma y’amasaha make bakoze ubukwe

Umugore w’Umwongereza witwa Clare w’imyaka 35 yahuye n’uruva gusenya ubwo yasangaga umugabo we (…)

Amafoto y’umwana muto wishwe n’inzara muri Yemen yababaje benshi mu batuye isi [AMAFOTO]

Mu gihugu cya Yemen hari intambara ikomeye yatangiye mu mwaka wa 2015 yatumye abantu basaga (…)

Depite Bobi Wine wo muri Uganda yageze muri Amerika kwivurizayo

Bobi Wine, umuhanzi mu njyana ya pop akaba na Depite muri Uganda, yageze muri Leta Zunze Ubumwe (…)

Urukiko rwakatiye abanyamakuru babiri ba Reuters bakora inkuru zicukumbuye

Urukiko rwo muri Myanmar rwakatiye abanyamakuru babiri b’ibiro ntaramakuru Reuters igifungo (…)

Umwongerezakazi yafatiwe muri USA ari gusambana n’umwana w’imyaka 14 muri Hoteli

Umwongerezakazi wicuruza witwa Sarah McGill w’imyaka 28 yafatiwe muri hoteli yo muri USA ari (…)