skol
fortebet

Mu mahanga

Nigeria: Abakirisitu basenye urusengero nyuma y’uko Pasiteri yishe umukobwa-AMAFOTO

Mu gihugu cya Nigeria, Abayoboke b’itorero God’s Commandment Ministry bakoze imyigaragambyo (…)

Perezida Buhari wa Nigeria ntabwo arimo gukorera mu biro bye kubera ikibazo cy’ imbeba

Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari agiye kumara amezi atatu akorera iwe mu rugo kubera ko (…)

Uganda: Abagore 17 bamaze kwicwa mu buryo bumwe mu gihe kitageze ku mezi 3

Muri Uganda mu karere ka Wakiso, kuva mu cyumweru cya nyuma cy’ukwezi kwa Gatanu kugeza tariki (…)

Afurika y’ Epfo: Minisitiri ushinjwa gusagarira abagore mukabyiniro yeguye

Mduduzi Manana wari Minisitiri w’ Uburezi wungirije mu gihugu cya Afurika y’ Epfo yeguye ku (…)

Leta ya Congo yasabwe gutangaza byihuse ingengabihe y’ itora rya Perezida

Umunyamabanga uhoraho uhagarariye Ubufaransa mu muryango w’abibumbye, Anne Guégen, yabwiye inama (…)

Portugal: Abantu 12 bahitanywe n’igiti ubwo bizihizaga ijyanwa mu ijuru rya Bikira Maria-AMAFOTO

Mu gihugu cya Portugal abantu 12 bahitanywe n’impanuka y’igiti yabaye ubwo bari mu birori byo (…)

Burkina Faso: 17 bahitanywe n’ Igitero cy’iterabwoba hakomereka abantu 8

Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ko mu ijoro ryakeye rya tariki ya 13 Kanama 2017 hagabwe (…)

RDC yafunze imbugankoranyambaga imiryango mpuzamahanga ikeka ikibyihishe inyuma

Guverinoma ya Kongo yahagaritse imbuga nkoranyambaga ku mpamvu ivuga ko ari ugukumira isakazwa (…)

Kenya: Raila Odinga arahamagarira abarwanashyaka be gukaza imyigaragambyo

Raila Odinga arahamagarira abarwanashyaka be gukaza imyigaragambyo, ngo kubera ibura ryo gukunda (…)

Leta ya Sudani y’Epfo yarekuye imfungwa za Politiki 50

Kuri uyu wa 11 Kanama 2017, Leta ya Sudani y’Epfo yatangaje ko yamaze kurekura imfungwa za (…)

Perezida Kabila yahaye akazi Amb.Eugene Gasana ko gushaka uko imitungo ye n’abambari be yasohorwa

Perezida Joseph Kabila wa Repubukika iharanira Demokarasi ya Congo yahaye akazi Amb.Eugene (…)

Minisitiri Gashumba yasuye ibitaro bya Kabgayi mama we yakozemo bimubwira ukuntu bihomba miliyoni 5 ku kwezi

Ubuyobozi bw’ ibitaro bya Kabgayi byatangarije Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba ko buri (…)

Koreya ya Ruguru nyuma gutera Rocket muri Amerika irimo gutegura misile yo kuyirasaho

Nyuma y’uko Trump atangarije ko Koreya ya ruguru niramuka ishatse guhungabanya Amerika, izahura (…)

Umwe yaguye mu myigaragambyo yakurikiye amatora ya Perezida wa Kenya

Umuntu umwe yatakarije mu myigaragarambyo yakurikiye amatora ya Perezida w’ igihugu cya Kenya (…)

Trump yaburiye Koreya ya Ruguru ihita imwereka ko ntabwoba ifite

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yatangaje ko Koreya ya ruguru niramuka (…)