skol
fortebet

Mu mahanga

Ghana: Umugabo wabyaye abana 100 ku bagore be 12, yibeshye ku mukobwa we amusuba ko baryamana

Kofi Asilenu, w’imyaka 80 y’amavuko ni umugabo ukomoka mu gihugu cya Ghana hafi y’umurwa mukuru (…)

Robert Mugabe wa Zimbabwe yasubijwe kwivuriza muri Singapore

Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe w’imyaka 93 y’amavuko ubugira gatatu yasubijwe kwivuriza mu (…)

Imvano y’ imirwano y’ abayobozi bakuru ba Zenezuela imaze gukomerekeramo benshi

Muri Venezuela ibintu bimaze gufata indi ntera, abagizi ba nabi bivugwa ko batumwe na perezida (…)

Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu gihambaye kurusha ibindi Amerika ishya ubwoba

Koreya ya Ruguru ku wa Kabiri tariki ya 04 Nyakanga cyagerageje igisasu gihambaye ibisasu byose (…)

Uganda:Umupolisi yakaswe ijosi anamburwa imbunda

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Nyakanga 2017, Umupolisi wo mu gihugu cya Uganda (…)

Ubushinwa bwaryamiye amajanja kubera ubwato bunini bw’ Amerika

Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yanyujije ubwato bunini hafi y’ agake kiyitirirwa n’ u Bushinwa, (…)

Icyemezo cy’ u Butaliyani ku bimukira kigiye gutuma Abaminisitiri bahurira mu Bufaransa

Nyuma y’ uko igihugu cy’ u Butaliyani gitangaje ko kigiye gufunga ibyambu byakira abimukira (…)

Uwahoze ayobora Al shabaab yakuwe ku rutonde rw’ abashakiswa n’ Amerika

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwakuyeho akayabo ka miliyoni eshanu z’ amadorali (…)

Afurika y’Epfo:Hateguwe amatora yo gutakariza icyizere Perezida Zuma

Mu gihugu cya Afurika y’Epfo, Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rwategetse ko Inteko (…)

Perezida Magufuli yavuze ko nta mukobwa watewe inda uzemererwa gusubira mu ishuli

Perezida wa Tanzania, Dr John Joseph Magufuli yamaze gutangaza ko umukobwa uzajya utwara inda mu (…)

Abakozi b’ Umuryango w’ ubumwe bw’ u Burayi biciwe muri Mali

Umuyobozi ushinzwe ububanyi n’ amahanga mu muryango w’ ubumwe bw’ ibihugu by’ I Burayi Federica (…)

Abantu 57 nibo bamaze guhitanwa n’ inkongi y’ umuriro yibasiye ishyamba muri Portugal

Leta ya Portugal yatangaje ko inkongi y’ umuriro yibasiye ishyamba ryo muri icyo gihugu (…)

Habonetse ibimenyetso by’ amateka y’ ibyaberaga muri Ethiopia mu myaka irenga 1000 ishize

Abaganga mu gucukumbura ibyabaye mu mateka ya kera babonye ibimenyetso byerekana ko mu (…)

Abadepite 48 ba Zambia bahagaritswe kubera gusuzugura ijambo rya Perezida Lungu

Leta ya Zambia yahagaritse by’ agateganyo iminsi 30 abadepite 48 bo mu ishyaka UPND ritavuga (…)

Yafunzwe imyaka 17 kubera isura ye yitiranyijwe n’ iy’ undi muntu

Iburyo ni Jonas, ibumoso ni Ricky Umunyamerika wari umaze imyaka 17 afunzwe azira ubusa (…)