skol
fortebet

Mu mahanga

Gén. Habarugira na Niyombare biteguye gukura Perezida Nkurunziza ku butegetsi

Iyi ni imvugo ya Gén. Philbert Habarugira na Gen Niyombare abasirikare b’u Burundi bahunze nyuma (…)

Perezida Museveni n’abofisiye babiri basabiwe gukurikiranwa muri ICC

Itsinda ry’Abadepite bababarizwa mu Ishyaka ritavuga rumwe n’Ubutegetsi rya FDC (Forum for (…)

Hamza umuhungu wa Osam yashyizwe ku rutonde rw’ibyihebe mpuzamahanga

Umwe mu bana 11 ba Osama bin Laden washinze ndetse akayobora umutwe wa Al Qaeda ari ku rutonde (…)

Abayobozi 30 beguye mu Karere ka Ruhango bagiye gusimbuzwa

Akarere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo, katangiye gushakisha abandi bakozi basimbura (…)

Haïti yari imaze igihe kirenga umwaka itagira Perezida yamubonye

Muri Haïti, urukiko rugenzura amatora rwemeje ko umucuruzi Jovenel Moise ari we watorewe kuba (…)

Hasobanuwe impamvu Lt Gen Niyoyankana na bagenzi be 21 birukanwe mu Gisirikare cy’u Burundi

Col Gaspard Baratuza, umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi yatangaje ko Lt Gen Germain (…)

Gambia: Radiyo irwanya Yahya Jammeh yafunzwe

Ubutegetsi bwa Gambia bwatagetse ko Radiyo Teranga FM, yo muri iki gihugu yakundaga kunyuzwaho (…)

Lt Gen Germain Niyoyankana muri 22 birukanywe mu Gisirikare cy’u Burundi

Lt Gen Germain Niyoyankana wigeze kuba umugaba mukuru w’ingabo z’u Burundi ndetse akanaba na (…)

Polisi y’ u Rwanda yeretse Santrafurika icyo ibura ngo itekane itere imbere

Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Santrafrika muri iki cyumweru (…)

Ubushinwa: Abantu 16 bafunzwe bazira kugurisha impyiko z’ abantu magendu

Mu gihugu cy’ Ubushinwa abantu 16 barimo abaganga babiri, umuforomo ndetse n’inzobere mu gutera (…)

Donald yifurije Abanzi ndetse n’abamundwanyije umwaka mushya

Perezida Donald Trump uheruka gutorerwa gusimbura Brack Obama ku buyobozi bwa Leta zunze ubumwe (…)

Uganda:Polisi ifunze Abantu 200 bazira gusahura bitwaje intwaro

Polisi yo mu mujyi wa Kampala yataye muri yombi abantu basaga 200, bashinjwa urugomo no kwitwaza (…)

RDC: Amasezerano y’ umuti ku kibazo cy’ amatora yashyizweho umukono

Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo n’abatavuga rumwe nayo kuri uyu wa 31 Ukuboza (…)

Perezida Trump yashimiye Putin w’Uburusiya ku cyemezo cyo kutihorera kuri Amerika

Donald Trump uheruka gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe z’Amerika, yashimye imyitwarire ya (…)

Perezida Kabila yabujijwe guhindura Itegeko Nshinga

Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Joseph Kabila babujijwe guhindura itegeko (…)