skol
fortebet

Mu mahanga

‘U Rwanda nirudasaba imbabazi tuzahagarika imigenderanire’ Nkurunziza

Perezida Nkurunziza yatangaje ko u Burundi bwiteguye guhagarika umubano n’ubuhahirane ubwo (…)

Undi muyobozi wa Islamic State yishwe

Leta zunze ubumwe za Amerika yavuze ko uwari umuyobozi ukomeye mu mutwe wa Leta ya Kiyisilamu mu (…)

Perezida Nkurunziza yatangaje ko iwabo bajyaga gutaburura imirambo

Mu masengesho y’iminsi 7 yo gushima Imana yarinze ighihugu cy’u Burundi, Perezida Nkurunziza (…)

Perezida Rodrigo yashyizeho igihano cyo guhanura abarya Ruswa mu ndege

Perezida wa Philippines, Rodrigo Duterte yatangaje ko azegeranya abayobozi barya ruswa (…)

Madamu Fernandez wayoboye Argentine, mu rukiko ashinjwa ruswa

Cristina Fernandez wayoboye Argentine imyaka umunani, yagejejwe imbere y’ubutabera kuri uyu wa (…)

Amerika: Umunyarwanda w’ imyaka 19 wavukiye ku Muhima, amaze imyaka 2 atwara indege

Umunyarwanda witwa Mugisha Kamana Jean-Marie Consolateur, ubu ufite imyaka 19 avuga ko yatangiye (…)

Abanyarwanda babiri baburanishijwe na TPIR bakiriwe na Ghana

Dr Bizimungu, wigeze kuba Ministri w’ubuzima na Ministiri w’ububanyi n’amahanga, wahanaguweho (…)

Indege y’igisirikare cy’Uburusiya yarohamye mu nyanja

Indege y’igisirikare cy’Uburusiya yarohamye mu nyanja y’umukara ubwo yari itwaye abagenzi 92 (…)

‘Kuririmba ngo wagize Noheli hari umuturanyi wishwe n’ inzara ntabwo byaba ari byiza’ Madamu wa Perezida Nkurunziza

Umufasha wa Perezida w’ u Burundi arasaba Abantu kubabarirana. Ikindi ngo muri iyi minsi mikuru (…)

Perezida Kabila yahawe umwaka umwe wo gutegeka

Ibiro ntaramakuru by’ abongereza Reuters byatangaje ko abanyapolitiki bo muri Repubulika (…)

Perezida Trump yahisemo ko umugore wamubaye hafi yiyamamaza amubera umujyanama

Komisiyo y’inzibacyuho ishinzwe gutegura Donald Trump kwinjira muri Perezidansi y’Amerika bavuga (…)

Kaminuza ya Makerere igiye kongera gufungura imiryango

Ubuyobozi bwa kaminuza ya Makerere muri Uganda bwatangaje ko nyuma y’ibiganiro bumaze iminsi (…)

Mexique: Ibiturika byahitanye 29, abagera kuri 72 barakomereka

Iturika ridasanzwe ryabere mu majyaruguru y’igihugu cya Mexique kuri uyu wa 20 Ukuboza 2016, (…)

Uganda:Brig. Gen. Leopold wari umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka yirukanywe

Brig. Gen. Leopold Kyanda wari umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka mu gisirikare cya (…)

Perezida Maghufuli yirukanye mu kazi uwatangaje ko muri Tanzania hari icyorezo cya Zika

Perezida wa Tanzania John Pombe Maghufuli yirukanye mu kazi Dr Mwele Malecela, watangaje ko muri (…)