skol
fortebet

Mu mahanga

Turikiya: Igitero cyagabwe kuri bisi yarimo abasikare cyahitanye benshi

Igisirikare cya Turukiya kiravuga ko imodoka ikekwa gutwara igisasu cya bombe yishe abasirikare (…)

’Nahaye gasopo Putin mubuza kwiba amajwi’ Perezida Obama

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama yatangaje ko yari yasabye Perezida w’u (…)

Abanyarwanda 41 bari muri Uganda binyuranyije n’ amategeko bagaruwe ku ngufu

Leta ya Uganda bwagaruye mu Rwanda Abanyarwanda 41 bafatiwe mu Ntara ya Kabale, nyuma yo kujya (…)

Uwashakaga kwica Perezida Donald Trump yakatiye umwaka 1

Umusore washakaga kwica, Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora, Leta zunze ubumwe za Amerika (…)

Riek Mashar afungiye muri Afurika y’Epfo

Umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Sudani y’Epfo, Riek Mashar, uheruka no gukurwa (…)

Burundi: Abatavugarumwe n’ubutegetsi buriho bamaganye umuhuza Mkapa

Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi, CNARED - Giriteka, ryamaganye Umuhuza mu bibazo (…)

Kenya nayo igiye kwikura mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC

Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yemeje ko guverinoma ya Kenya igiye gutekereza uburyo bwo (…)

Valadmir Putin yanze imbwa yahawe n’ Ubuyapani

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yahawe imbwa na guverinoma y’ Ubuyapani arayanga. (…)

“Nakundaga Perezida Museveni akiri umukene” Dr Kizza Besigye

Dr Kizza Besigye wahataniraga na Perezida Museveni intebe y’ umukuru w’igihugu mu matora yabaye (…)

Perezida Trump yahakanye ibivugwa ko Uburusiya bwamufashije mu buriganya bigatuma atorwa

Perezida mushya wa Leta z’ Ubumwe z’ Amerika Donald Trump yahakanye ibyari byatangajwe ko (…)

Perezida Barrow na AU batesheje agaciro amagambo ya Perezida Jammeh

Adama Barrow, Perezida mushya uherutse gutorerwa kuyobora igihugu cya Gambia yatesheje agaciro (…)

‘Gutekereza ko ubutegetsi bwa Nkurunziza butemewe ni uguta umutwe’

Umuhuza mu biganiro bigamije kugarura amahoro mu Burundi Benjamin Mkapa afata gutekereza ko (…)

Kenya:Umusore afunzwe ashinjwa kwicisha Nyirabuja umupanga

Polisi yo mu giturage cya Ingobor, mu gihugu cya Kenya, ifunze umusore w’imyaka 23 y’amavuko (…)

Koreya y’ Epfo abadepite beguje Perezida w’ iki gihugu ’ Park Geun-Hye’

Inteko ishinga amategeko ya Koreya y’ epfo kuri uyu wa gatanu tariki 9 Ukuboboza 2016 batoye (…)

Malawi yataye muri yombi Vincent Murekezi ukekwaho Jenoside

Kuri uyu wa kane tariki ya 8 Ukuboza, Igipolisi cya Malawi cyataye muri yombi Umunyarwanda (…)