skol
fortebet

Mu mahanga

Perezida Jammeh uherutse gutsindwa mu matora yasabiwe gukurikiranwa mu nkiko

Perezida wa Gambia uherutse gutsindwa mu matora y’ umukuru w’ igihugu agahita asimburwa (…)

Kenya: Abarwayi barindwi bapfuye bazize kubura abaganga babitaho

Mu gihugu cya Kenya abaganga n’ abaforomo bakora mu bitaro n’ ibigo nderabuzima bya Leta baretse (…)

Ibihugu bitanu by’ Afurika byahagaritse ibitoro biva mu Burayi byanduye bigatera abaturage indwara

Ishami ry’ umuryango w’ abibumbye ryita ku bidukikije ryatangaje ko ibihugu bitanu byo muri (…)

USA yatahuye ambasade yayo ya baringa muri Ghana, imaze imyaka 10 itazwi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yamaze kuvumbura abatekamutwe bashinze ambasade yayo (…)

Hagaragajwe impamvu ibihugu byinshi byanze gusinya ingingo yemerera abaturage kurega Leta muri AU

Abasesenguzi mu by’uburenganzira bwa Muntu bavuga ko bamwe mu bategetsi b’ibihugu bya Afurika (…)

Afurika y’Epfo: Perezida Zuma yasabye gukurwaho icyaha cya Ruswa

Nyuma y’uko Perezida w’Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yemerewe kuguma ku butegetsi ndetse (…)

Gambia: Jammeh wavuze ko Imana ariyo izamukura ku butegetsi yatsinzwe mu matora y’ umukuru w’ igihugu

Adama Barrow yagize amajwi 263, 515, (45,54%) naho Perezida wari ku butegetsi Yahya Jammeh mu (…)