skol
fortebet

Mu mahanga

Cuba yatangaje ko yishe irashe abantu bane bari bari mu bwato bwihuta bwo muri Amerika

Leta ya Cuba yavuze ko abantu bane bishwe barashwe n’abarinzi b’umupaka w’icyo gihugu, bari (…)

Dosiye ya Epstein yakoze kuri Lawrence H. Summer wabaye Minisitiri w’Imari muri Amerika

Uwabaye Minisitiri w’Imari muri Amerika, Lawrence H. Summer akaba n’umwarimu muri Kaminuza ya (…)

KLM yahagaritse ingendo zerekeza i Tel Aviv

Sosiyete y’indege yo mu Buholandi, KLM yatangaje ko guhera ku wa 1 Werurwe izahagarika (…)

Perezida wa Mexique ashobora kurega Elon Musk wamushinje gukorana n’abacuruza ibiyobyabwenge

Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum yatangaje ko ari gutekereza kujyana mu nkiko umukire Elon (…)

Tshisekedi yaganirije Macron ku mukandida ashaka ko azahatana na Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yaganiriye na mugenzi we (…)

Sénégal yiyemeje guhana yihanukiriye abaryamana bahuje ibitsina

Minisitiri w’Intebe wa Sénégal, Ousmane Sonko yatangaje ko iki gihugu kigeze kure umushinga (…)

Reddit yaciwe miliyari 27 Frw izijijwe kutabungabunga amakuru y’abana

Iperereza ryakozwe n’Ikigo cyo mu Bwongereza gishinzwe kurinda amakuru, ryerekanye ko Urubuga (…)

Pentagon yaciye amarenga ko itazashyira hanze inyandiko zijyanye n’ibivejuru bya ‘Aliens’

Minisitiri w’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yavuze ko na we (…)

Trump yongeye gushyira intambara yo muri RDC mu zo yahagaritse

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gushyira intambara yo mu (…)

Umuyobozi w’Inzu Ndangamurage ya Louvre yeguye nyuma y’ubujura bwayibasiye

Amakuru dukesha France 24 avuga ko ku wa Kabiri tariki 24 Gashyantare 2026, Perezida Emmanuel (…)

Zelenskyy yashinje Abanyaburayi gushaka kumukura ku butegetsi

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yavuze ko abo mu Burengerazuba bw’Isi bakomeje (…)

Trump yateye utwatsi iby’uko Umugaba w’Ingabo wa Amerika arwanya gutera Iran

Perezida Donald Trump, yateye utwatsi amakuru y’uko Umugaba Mukuru w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe (…)

Hashyizweho miliyari 1,4 Frw k’uwabona umukecuru w’imyaka 84 wabuze

Umunyamakuru wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Savannah Guthrie, yagaragaje ko umuryango we (…)

MONUSCO na ICGLR byagiye gusuzuma uko umutekano uhagaze muri Uvira

Itsinda rihuriweho rihagarariye ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika (…)

Ibisigazwa by’umubiri wa Mutagatifu Francisco w’Assise byashyizwe ahagaragara nyuma y’imyaka 800

Ibisigazwa by’umubiri wa Mutagatifu Francisco w’Assise wavukiye mu muryango ukomeye ariko (…)