skol
fortebet

Mu mahanga

Gen Muhoozi yarakajwe n’ubwicanyi bwakorewe abirabura muri Sudani, avuma inyeshyamba za RSF

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen Muhoozi (…)

Kisangani: Umusirikare yasanze umurwayi mu bitaro, aramwica

Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukorera mu mujyi wa Kisangani mu ntara (…)

Leta ya RDC yarenze ku gahenge gashya katamaze n’umunsi

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryarenze ku gahenge gashya kasabwe (…)

Vatican ntizajya muri ‘Board of Peace’ ya Trump

Vatican yatangaje ko itazajya mu rwego rwiswe ‘Board of Peace’ rwashyizweho na Perezida wa Leta (…)

U Bufaransa: Umujyanama wa Sena yahamijwe icyaha cyo gufotora ubwambure bw’abagore

Urukiko rwo mu Bufaransa rwakatiye uwahoze ari umujyanama w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa (…)

Amerika na Israel byacanye umuriro ku Bubiligi bibushinja kwibasira Abayahudi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byashyize igitutu cyinshi kuri Leta y’u Bubiligi (…)

U Burusiya bwashinje Clinton kwitwaza Ukraine ngo adafungwa

Intumwa ya Perezida w’u Burusiya, Kirill Dmitriev, yavuze ko Hillary Clinton akomeje kugerageza (…)

Abanyamerika bashenguwe n’urupfu rwa Jesse Jackson waharaniye uburenganzira bw’Abirabura

Agahinda gakomeje kuba kose ku Banyamerika n’abandi ku Isi, bitewe n’urupfu rw’Umunyapolitiki, (…)

Ingendo z’indege zasubukuwe ku kibuga cy’indege cya Jomo Kenyatta

Ingendo zasukubuwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cyitiriwe Jomo Kenyatta giherereye i Nairobi (…)

U Bufaransa bwasobanuye icyajyanye abasirikare babwo i Kisangani

Ambasade y’u Bufaransa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko nta gahunda (…)

Abagabo bagurisha n’imyenda y’imbere y’abagore: Urusimbi ruhangayikishije ab’i Ngoma

Abaturage bo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Karembo, bahangayikishijwe n’urusimbi rushya (…)

Yajyanye abakoresha be mu nkiko abaziza ibirimo kumukura muri ‘group’ ya WhatsApp

Urukiko rwo muri Kenya rwanzuye ko gukura abakozi ku mbuga zihuriraho abakozi nk’izo kuri (…)

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika na Anthropic yakoze Claude AI

Amakuru aturuka muri Minisiteri y’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko ishobora (…)

Ibikorwa by’ingabo za Amerika birimo no gufata Maduro byatwaye hafi miliyari 3$

Ibikorwa byo kohereza ingabo za Amerika mu mazi yo ku nkengero za Venezuela n’ubu zikiriyo, (…)

Nta muntu ufite ubudahangarwa kuri visa- Marco Rubio

Umunyamabanga wa Amerika ushinzwe ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko nta muntu (…)