skol
fortebet

Mu mahanga

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Libya yapfiriye muri Turukiya

Umugaba w’Ingabo za Libya, Muhammad Ali Ahmad al-Haddad yaguye mu mpanuka y’indege yabereye muri (…)

"Trump yakundaga abana bato no ku bakora ku myanya y’ibanga": Ibishya kuri dosiye ya Epstein

Mu gihe hashize iminsi itanu Minisiteri y’Ubutabera ya Amerika itangiye gushyira hanze andi (…)

Abarwanyi ba AFC/M23 batangiye gukoresha ubwato bw’intambara ku rugamba

Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

El Salvador: Uwahoze ari ibandi yakatiwe gufungwa imyaka 1335

Leta ya El Salvador yakatiye umwe mu bahoze mu mutwe w’abagizi ba nabi wa Mara Salvatrucha (…)

Burundi: Impunzi z’Abanye-Congo ziri gushaka gutaha ’ziri gukubitwa, zikicwa’

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Uganda yarashe umusirikare wa Sudani y’Epfo, none ibihugu byombi biri kurebana ay’ingwe

Sudani y’Epfo yashinje Ingabo za Uganda gushimuta umusirikare wayo no kumwica, mu gihe iki (…)

Afurika y’Epfo: Abitwaje intwaro bishe abantu icyenda

Polisi yo muri Afurika y’Epfo yatangaje ko mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, abagabo bitwaje intwaro (…)

Abasirikare n’abapolisi ba RDC bakurikiranyweho guhunga urugamba ubwo Uvira yafatwaga

Urukiko rwa Gisirikare rwa Kalemie rwatangiye kuburanisha abasirikare n’abapolisi 124 bahunze (…)

RDC yongereye ingabo mu nkengero z’Umujyi wa Uvira

Nyuma y’aho AFC/M23 itangaje ko igiye gukura abarwanyi bayo mu Mujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu (…)

Australia: Leta yashyizeho gahunda yo kwisubiza intwaro ziri mu baturage

Leta ya Australia yatangaje ko hashyizweho gahunda yo kugura intwaro ku baturage b’iki gihugu (…)

Burundi: Impunzi z’Abanye-Congo zirenga 40 zapfiriye mu nkambi imwe

Impunzi z’Abanye-Congo zirenga 40 ziherutse guhunga imirwano yabereye mu ntara ya Kivu (…)

Ingabo za RDC zagabye igitero kuri AFC/M23

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Ukuboza 2025, ingabo za Repubulika (…)

Amerika yateguje Afurika y’Epfo kuyifatira ingamba zikomeye

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Leta ya Afurika y’Epfo gufunga abakozi bazo bari mu (…)

Amerika ntizongera gutanga ‘Green Cards’

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kristi Noem, yatangaje ko (…)

U Bufaransa: Umuganga yahamijwe kuroga abarwayi 30 akatirwa gufungwa imyaka 22

Urukiko rwo muri Besançon mu Bufaransa rwakatiye umugabo wakoraga kwa muganga atera ibinjya, (…)