skol
fortebet

Mu mahanga

Trump yatangaje ko Venezuela igiye kujya yohereza muri Amerika utugunguru miliyoni 50 tw’ibikomoka kuri peteroli

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Venezuela izajya yohereza (…)

Museveni asanga ibyo Amerika yakoze muri Venezuela bikwiye gukangura Abanyafurika

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko igitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Ibitero bya Israel kuri Liban byakomeje

Igisirikare cya Israel kirwanira ku butaka, cyarashe mu bice bitandukanye byo mu majyepfo (…)

Hafi y’ibiro bya Perezida wa Venezuela humvikanye urusaku rw’amasasu

Mu Murwa Mukuru wa Venezuela, Caracas, hafi y’ibiro bya perezida, humvikanye urusaku rw’amasasu (…)

Minisitiri muri RDC yandagaje bikomeye FARDC

Minisitiri ushinzwe ubuhinzi no kwihaza mu biribwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Umusimbura wa Maduro yarahiriye kuyobora Venezuela by’agateganyo

Delcy Rodríguez uherutse guhabwa inshingano zo kuyobora Venezuela by’agateganyo, nyuma y’uko (…)

Umutingito wibasiye u Buyapani wakomerekeje batanu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, umutingito ufite ubukana buri ku gipimo cya Magnatude ya 6.4 (…)

Kenya: Ruto yasabye ko hajyaho igihano cy’urupfu ku bacuruza ibiyobyabwenge

Perezida wa Kenya, William Ruto yasabye ko hashyirwaho igihano cy’urupfu ku bantu bacuruza (…)

Abanyamerika bugarijwe n’ibicurane

Ikigo Gishinzwe Gukumira Indwara z’ibyorezo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CDC) cyatangaje (…)

Urutonde rw’ibyo Trump asaba Umuyobozi mushya wa Venezuela

Ubutegetsi bwa Donald Trump bwasabye Perezida w’agateganyo wa Venezuela kwemera gukorana na (…)

Perezida Ndayishimiye yikanze abakorera ‘abami babiri’ mu biro bye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yikanze ko mu biro bye harimo ‘abakorera abami (…)

Tshisekedi yasubiye gutakambira Perezida wa Angola

Perezida Félix Tshisekedi, wateye umugongo amasezerano ya Luanda, yasubiye gutakambira Perezida (…)

Uganda yemeje ko itazigera ikuraho internet mu gihe cy’amatora

Umunyamabanaga uhoraho muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga n’Itumanaho, Dr Amina Zawede, yatangaje (…)

U Bufaransa: Abantu 10 bakatiwe n’urukiko bazira kwibasira Brigitte Macron

Urukiko rw’i Paris rwahamije abantu 10 ibyaha bishingiye ku kwibasira Brigitte Macron, umugore (…)

Trump yashimangiye inyota afitiye Greenland

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza ko ashaka komeka (…)