skol
fortebet

Mu mahanga

Trump yagaragaje Zelenskyy nk’intambamyi ku guhagarika intambara ya Ukraine

Donald Trump yatangaje ko Volodymyr Zelenskyy uyobora Ukaine ari we ntambamyi ikomeye ku (…)

Venezuela: Urubuga rwa X rwari rwarahagaritswe na Maduro rwongeye gukora

Kuva ku wa 14 Mutarama 2026, urubuga nkoranyambaga rwa X rwongeye gukoreshwa muri Venezuela, (…)

Bujumbura: Barataka ubujura n’abapolisi basabiriza ku kibuga cy’indege

Nyuma ya serivisi mbi, umwanda n’ibikorwaremezo nkene ku kibuga cy’indege cyitiriwe Melchior (…)

Umushakashatsi warembeye mu isanzure yagaruwe ku Isi

Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’Isanzure (NASA) bwa mbere mu mateka yacyo (…)

Uganda: Perezida wa Komisiyo y’Amatora aratabaza

Abarenga miliyoni 21 baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, Perezida wa Komisiyo (…)

Trump yishimiye cyane ikiganiro yagiranye n’uwasimbuye Perezida Maduro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye ikiganiro cya mbere na Delcy (…)

Amerika yiyemeje gufatira ingamba zikomeye Iran ikomeje guhangana n’abigaragambya

Perezida Donald Trump yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika igiye gufata ingamba zikarishye (…)

Perezida Ndayishimiye yikomye abanga kumugira inama bagamije ko ayobora nabi

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahishuye ko hari abakorana na we bamwifuriza (…)

Gen. Tshiwewe uregwa ‘gushaka kwica Tshisekedi’ yoherejwe muri gereza

Général Christian Tshiwewe Songesha, wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za RDC, yoherejwe (…)

Thailand: Abantu 28 bishwe n’impanuka y’imashini y’ubwubatsi yagwiriye gari ya moshi

Abantu 28 bapfuye abandi 80 barakomereka nyuma yuko imashini nini y’ubwubatsi igwiriye gari ya (…)

Trump yasabye abigaragambya muri Iran kwigarurira inzego za Leta

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Abanya-Iran bakomeje (…)

Twibwiraga ko ari nko gutembera muri Pariki- Umusirikare wa Afurika y’Epfo ku rugamba rwo kurwanya M23

Umusirikare wa Afurika y’Epfo ntazibagirwa ibihe bigoye yahuye na byo ubwo we na bagenzi be bari (…)

Venezuela: Abarenga 400 bari barafunzwe ku butegetsi bwa Maduro bamaze gufungurwa

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Venezuela, Jorge Rodriguez yavuze ko imfungwa (…)

Iran: Imyigaragambyo yakomeye, Trump ararubira

Abantu bakabakaba 2500 bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera mu Gihugu cya Iran, Perezida wa (…)

Trump yatutse umukozi w’uruganda rwa Ford

Donald Trump yatutse (yeretse urutoki rwa musumba zose) umukozi wo mu mu ruganda ruteranya (…)