skol
fortebet

Mu mahanga

Umupolisi wahoze akorera u Bwongereza yambuwe ubwenegihugu kubera kwimukira mu Burusiya

Uwahoze ari umupolisi mu Bwongereza wari umaze imyaka irenga icumi atuye mu Burusiya yambuwe (…)

Trump yavuze ko ashaka kurinda Greenlad ibitero by’u Burusiya

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Denmark imaze imyaka myinshi yarananiwe kugira (…)

Iyo biba mwari gukorwa n’isoni - Museveni ku bantu miliyoni 10 be batatoye

Nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora Uganda muri manda ya karindwi, Perezida Yoweri Kaguta (…)

Ndayishimiye wanze ko impunzi z’Abanye-Congo zitaha yatabaje RDC ngo izifashe

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, wanze ko impunzi z’Abanye-Congo zitahuka yongeye (…)

Iran: Abarenga 5000 bamaze kugwa mu myigaragambyo

Abarenga 5000 bamaze kugwa mu myigaragambyo ikomeje gufata indi ntera muri Iran, barimo (…)

Visi Perezida w’ishyaka rya Kabila Aubin Minaku yatawe muri yombi

Inzego z’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zataye muri yombi Visi Perezida (…)

RDC: Uvira hatangiye ibikorwa by’urugomo nyuma yuko M23 ihavuye

Kuri iki Cyumweru, ibikorwa byo gusahura no gusenyera abaturage byatangiye kugaragara mu Mujyi (…)

Gen Bolingo Matani yiyongereye ku basirikare bakuru Tshisekedi afunze

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, inzego z’umutekano zataye muri yombi umusirikare mukuru (…)

Umuforomo yatawe muri yombi azira gukubita umwana w’imyaka itanu yavuraga

Umuforomo wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, i New York, yatawe muri yombi nyuma y’uko (…)

Elon Musk yajyanye mu nkiko OpenAI na Microsoft, asaba indishyi ya miliyari 134$

Elon Musk yajyanye mu nkiko ibigo bya OpenAI ari nayo ifite ikoranabuhanga rya ChatGPT na (…)

Ntabwo bizadukanga- Macron ku misoro Trump yashyiriyeho ibihugu bidashaka ko yigarurira Greenland

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko nta bikangisho cyangwa ibikorwa by’iterabwoba (…)

Hagaragajwe impungenge ko Amerika ishobora kwikura muri NATO

Uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubutabarane wa NATO, Jens Stoltenberg, yavuze ko (…)

Trump ntagiteye Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yavuze ko yahisemo kutagaba ibitero kuri (…)

Internet yasubiyeho nyuma y’intsinzi ya Museveni

Nyuma y’iminsi ine, Komisiyo Ishinzwe itumanaho muri Uganda (UCC) ifashe icyemezo cyo gukuraho (…)

Trump yahishuye ibihano azafatira ibihugu bizamwitambika yigarurira Greenland

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora gushyira imisoro (…)