skol
fortebet

Mu mahanga

Trump yahagaritse uruhushya rwemerera abimukira b’Abanya-Somalia kuba muri Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuyeho uruhushya rwahaga (…)

Yoon Suk Yeol wayoboye Koreya y’Epfo yasabiwe igihano cyo kwicwa

Abashinjacyaha bo muri Koreya y’Epfo basabye ko uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Yoon Suk (…)

Uganda yakuyeho internet kubera amatora

Ikigo cya Uganda gishinzwe itumanaho, UCC, cyatangaje ko kuva ku wa 13 Mutarama 2026 internet (…)

Abanyamerika bajyanye mu nkiko Leta ya Congo

Sosiyete y’Abanyamerika ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga mu by’imari (fintech) yajyanye mu nkiko (…)

Muri Iran abagera ku 2000 bamaze kugwa mu myigaragambyo

Imyigaragambyo yo muri Iran igamije kwamagana ubutegetsi bw’iki gihugu imaze guhitana abantu (…)

U Bufaransa nyuma yo kwikanga u Burusiya, bugiye gutoza urubyiruko 10.000 ibya gisirikare

Guverinoma y’u Bufaransa igiye guha imyitozo ya gisirikare urubyiruko rw’abakorerabushake 3.000 (…)

Uko Angola yateye utwatsi icyifuzo cya Tshisekedi cyo kumufasha mu ntambara

Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 binjira mu Mujyi wa Uvira tariki ya 10 Ukuboza 2025, abo mu (…)

Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye

Umugaba Mukuru w’Abarwanyi ba AFC/M23, Maj Gen Sultani Makenga, yongeye gushimangira ko iri (…)

Amerika yasabye abaturage bayo kuva muri Iran mu maguru mashya

Mu gihe imyigaragambyo y’abaturage ba Iran binubira igiciro gihanitse cy’imibereho bagasaba ko (…)

BBC igiye gusaba urukiko kwiyambura ububasha mu rubanza yarezwemo na Donald Trump

BBC yiteguye gusaba Urukiko rwa Florida kutakira ikirego cya Donald Trump yayirezemo, ayishinja (…)

Amerika yatesheje agaciro Visa zirenga ibihumbi 100

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zatesheje agaciro Visa zirenga ibihumbi 100 z’abantu (…)

Inzu ndangamurage ya Louvre yafunzwe kubera imyigaragambyo y’abakozi

Inzu ndangamurage ya Louvre iherereye mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa kuri uyu wa Mbere, yafunzwe (…)

Nta peteroli izongera kuva muri Venezuela ijya muri Cuba: Trump yatanze umuburo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko Cuba itazongera kubona (…)

Iran ishaka ibiganiro na Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko Iran yasabye kujya mu (…)

Kuki Leta y’u Burundi iri kwicisha impunzi z’Abanye-Congo?

Leta y’u Burundi iri kubuza nkana ibihumbi by’impunzi z’Abanye-Congo gutaha ku bushake mu gihe (…)