skol
fortebet

Mu mahanga

Ethiopian Airlines yahagaritse ingendo zijya muri Tigray

Ingendo z’indege zitwara abagenzi hagati y’Umurwa Mukuru wa Ethiopia, Addis Ababa, n’imijyi yo (…)

U Bufaransa: Hari kwigwa ku itegeko rizakuraho ihame ry’imibonano mpuzabitsina ku bashakanye

Hashize iminsi mu Bufaransa havugwa ku mushinga w’itegeko, ugamije guhindura imyumvire ku (…)

Niger: Humvikanye urusaku rw’amasasu hafi y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga

Urusaku rw’amasasu n’ibiturika byumvikanye muri Niger hafi y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya (…)

Amerika yarekuye imitungo ya Venezuela yari yarafatiriye

Perezida w’agateganyo wa Venezuela, Delcy Rodriguez, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Amerika yarekuye Abarusiya babiri bari batwaye ubwato iherutse gufata

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarekuye abasare babiri b’Abarusiya bafatiwe mu bwato iherutse (…)

Amerika: Umuyobozi yashinjwe gusangiza ChatGPT amakuru y’ibanga

Umuyobozi w’Agateganyo w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Umutekano w’Ikoranabuhanga muri Amerika (…)

Trump yaburiye Iran ko igihe cyo kuganira kiri kuyoyoka, Amerika yiteguye

Donald Trump yaburiye Iran ko igihe kiri kuyoyoka cyo kuganira na yo ibijyanye na gahunda (…)

Umuturage yasutse ibisa n’imiti ku mudepite wa Amerika biteza impaka

Polisi ya Minneapolis ikorera muri Leta ya Minesota,, yatangaje ko umudepite wo muri iyo leta (…)

Ingabo za Ukraine zahawe umukoro wo kwica iz’u Burusiya 50.000 buri kwezi

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yategetse igisirikare cy’igihugu cye kongera umubare (…)

Israel yahawe imbohe ya nyuma na Hamas, ntiyanyurwa

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko umutwe wa Hamas wabashyikirije (…)

Donald Trump akomeje guterwa imijugujugu n’abanyabigwi mu mupira w’amagaru ku Isi

Uwahoze ari Perezida wa FIFA, Sepp Blatter, yashyigikiye igitekerezo cy’uko abafana (…)

U Bufaransa: Uwahoze ari Umusenateri yakatiwe igifungo cy’imyaka ine kubera kuroga Umudepite

Urukiko rwo mu Bufaransa rwakatiye igifungo cy’imyaka ine Joël Guerriau wahoze ari Umusenateri, (…)

CIA ishobora gushinga ibirindiro muri Venezuela

Ikigo cy’Ubutasi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA) gishobora gushinga ibirindiro muri (…)

Ukraine yamaze gutunganya umushinga wa Amerika wo guhagarika intambara

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko umushinga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Perezida wa Mexique yasabye mugenzi we wa Korea y’Epfo kongera ibitaramo bya BTS

Kubera igikundiro itsinda rya BTS rifite muri Mexique Perezida w’iki gihugu, Claudia Sheinbaum (…)