skol
fortebet

Mu mahanga

Uganda: Umudepite yashinje mugenzi we kureba ’pornography’

Justine Nameere uri mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, yashinje mugenzi we, Ali (…)

Uko urubyiruko rw’Abanyafurika rwisanga mu ntambara yo muri Ukraine

Mu bihugu byinshi byo muri Afurika, ubushomeri butuma urubyiruko rwisanga mu ngabo z’u Burusiya (…)

Afurika y’Epfo igiye gukura ingabo zayo muri MONUSCO

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yamenyesheje Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango (…)

Yatawe muri yombi azira kwigamba ko azica Visi Perezida wa Amerika

Minisiteri y’Ubutabera ya Amerika yatanze ikirego ku mugabo witwa Shannon Mathre wo muri Leta ya (…)

Ntiharamenyekana abari inyuma y’igitero cyagabwe aho abantu basengeraga muri Pakistan kigahitana benshi

Abantu 31 bishwe, abandi benshi barakomereka, mu gitero cy’ubwiyahuzi cyabereye mu musigiti (…)

Federasiyo ya Marocco yahakanye ibyo gusezera k’umukoza w’ikipe y’igihugu

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Marocco, FRMF, yahakanye ibyo gusezera kwa Walid (…)

Pakistan: Abarenga 30 baguye mu gitero cyagabwe mu musigiti

Yasuwe : Yavuzweho: Muri Pakistan kuri uyu wa Gatanu, igisasu cyaturikiye mu musigiti (…)

Iran yaganiriye na Amerika mu buryo budasanzwe

Abahagarariye Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bahuriye muri Oman mu biganiro bigamije (…)

Amerika yahigiye gukura u Bushinwa mu nzego z’ingenzi zo muri Afurika

Ubutegetsi bwa Donald Trump muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bugaragaza ko muri gahunda nshya (…)

Umuyobozi ukomeye mu gisirikare cy’u Burusiya yarashwe

Abashinzwe iperereza batangaje ko umwe mu bayobozi bakomeye mu gisirikare cy’u Burusiya, (…)

Uganda: Ibiro bya perezida byahakanye ishyirwaho ry’umuyobozi mushya wa Uganda Airlines

Mu minsi ishize, Perezida Yoweri Kaguta Museveni yafashe icyemezo cyo kweguza Umuyobozi Mukuru (…)

Ishyaka rya Bobi Wine ritemera ibyavuye mu matora ryanzuye ko ritazarega

Ishyaka rya NUP (National Unity Platform) ry’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi nka (…)

Imbeba zikomeje kuba agatereranzamba mu Mujyi wa Londres

Ikibazo cy’imbeba zihora zitamba mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza n’ahandi (…)

Imbere ya Tshisekedi, Trump yasubiyemo ko yahagaritse intambara yo muri RDC

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasubiyemo ko yahagaritse intambara yo (…)

Abasirikare ibihumbi 55 ba Ukraine baguye mu ntambara n’u Burusiya

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko mu myaka ine igihugu cye kimaze mu ntambara (…)