skol
fortebet

Mu mahanga

Umujinya muri Korea y’Epfo nyuma y’uko umutegetsi avuze ngo bajye bavana abagore mu mahanga baze kubabyarira

Ishyaka ryo muri Korea y’Epfo yirukanwe n’ishyaka rye nyuma y’uko atanze igitekerezo ngo iki (…)

Tshisekedi n’umunyamakuru Hariana Véras bagaragaye bahuje imisaya

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, akomeje (…)

Nigeria: Abitwaje intwaro bishe abantu batatu, bashimuta umupadiri

Muri Leta ya Kaduna iherereye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria, abantu bitwaje (…)

Urubanza ku bwicanyi mu Bufaransa rwabaye ikibazo nyuma y’uko abakekwa bahuje ’DNA’

Mu rukiko rwo mu Bufaransa harimo kubera urubanza rwabaye ingorabahizi aho impanga ebyiri zisa (…)

Uri igisebo kuri Amerika: Perezida Trump yifatiye ku gahanga Bad Bunny

Perezida Donald Trump yakunze kunenga itumirwa rya Bad Bunny ku buryo yumvaga yasimbuzwa undi (…)

Ibura ry’Umuyobozi w’Ikirenga wa Irani mu birori byo kwizihiza isabukuru y’impinduramatwara rikomeje guteza impungenge

Umukuru w’ingabo za Irani, Jenerali Majoro Abdolrahim Mousavi, yavuze ijambo rikomeye mu muhango (…)

Umunya-Canada Yakuriweho igihano cy’urupfu nyuma y’urugendo rwa Minisitiri w’Intebe wa Canada mu Bushinwa

Urukiko rw’Ikirenga mu Bushinwa rwakuyeho igihano cy’urupfu ku munya-Canada uregwa gucuruza (…)

U Burusiya bwise Abanyaburayi n’Abanyamerika ‘amashitani’ kubera ibyaha bya Epstein

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov yavuze ko ibikubiye mu nyandiko (…)

Orban yemeje Ukraine nk’umwanzi ukomeye wa Hongrie

Minisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orban, yavuze ko Ukraine ari umwanzi w’igihugu cye kubera (…)

Amerika yarakajwe no kubazwa impamvu Trump yibagiwe izina rya Tshisekedi

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Karoline Leavitt, yatangaje ko (…)

Umwe mu bakekwaho kurasa umuyobozi w’ubutasi bw’u Burusiya yafatiwe muri UAE

Abantu babiri bacyekwaho kugira uruhare mu gitero cyo kugerageza kwica umwe mu bayobozi bakuru (…)

Gen. Muhoozi yahagaritse ihangana rye na Minisitiri w’Itumanaho abisabwe na nyina

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ku busabe bwa nyina, (…)

U Butaliyani bwanze kwinjira muri ‘Board of Peace’ ya Trump

Guverinoma y’u Butaliyani yatangaje ko idashobora kwinjira mu rwego rwiswe ‘Board of Peace’ (…)

Abanye-Congo basaba ubuhungiro mu birwa bya Mayotte bakomeje kwiyongera

Ibirwa bya Mayotte bikomeje kugenda bigaragazwa nk’amerekezo mashya ku Banye-Congo basaba (…)

Nyuma y’ibiganiro na Amerika, Iran yongeye kuvuga ko ishobora kurasa ibigo by’igisirikare cyayo

Nubwo Amerika na Iran biherutse kugirana ibiganiro, ubutegetsi bw’i Tehran bwatangaje ko (…)