skol
fortebet

Mu mahanga

Umusirikare ushinzwe umutekano wa Tshisekedi yarezwe urugomo mu Bubiligi

Abanyapolitiki batatu bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batanze ikirego mu (…)

Denmark igiye kwirukana abimukira bakoze ibyaha

Abimukira bahawe igihano cy’igifungo kirengeje umwaka umwe baratangira kwirukanwa burundu muri (…)

Masisi: Abarenga 200 bapfiriye mu kirombe cya Rubaya

Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

Putin yemereye Trump kutarasa kuri Ukraine mu gihe kingana n’icyumweru

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yemeranyije na mugenzi we (…)

Bénin: Uwahoze ari minisitiri yafunzwe akekwaho uruhare muri ‘coup d’état’ yapfubye

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi wanabaye Minisitiri wa Siporo muri Bénin, Alassane (…)

Abasirikare batatu ba Kenya bapfiriye mu myitozo

Igisirikare cya Kenya (KDF) cyatangaje ko abasirikare bashya batatu bapfiriye mu myitozo (…)

Ibirayi biri gutangirwa ubuntu mu Budage

Ikigo gikora ubuhinzi bw’ibirayi mu Budage kiri gutanga ibirayi by’ubuntu nyuma y’uko bagize (…)

Chargé d’Affaires wa Israel muri Afurika y’Epfo yirukanywe

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika y’Epfo yatangaje ko Ariel Seidman wari Chargé (…)

Burkina Faso: Amashyaka ya politiki yose yasheshwe

Ubutegetsi muri Burkina Faso bwafashe icyemezo cyo gusesa amashyaka yose ya politiki yabarizwaga (…)

U Bushinwa na Amerika mu ihangana ryo kubaka ububiko bw’amakuru mu isanzure

U Bushinwa burateganya kuba bwarubatse ibigo by’ububiko bw’amakuru mu isanzure mu myaka itanu (…)

Trump yise akaga imikoranire y’u Bwongereza n’u Bushinwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko imikoranire y’u Bwongereza n’u (…)

Venezuela yavuye ku izima, yemerera abikorera gucukura peteroli

Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodriguez, yatangaje ko yasinye umushinga w’itegeko (…)

Cuba yigaramye Trump ku byo kugirana ibiganiro na Amerika

Perezida wa Cuba, Miguel Diaz-Canel yatangaje ko nta biganiro igihugu cye kigeze kigirana na (…)

EU yashyize umutwe w’Ingabo za Iran ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), watangaje ko washyize Umutwe w’Ingabo za Iran uzwi nka (…)

U Burusiya bwashyikirije Ukraine imirambo 1000 y’abasirikare bayo

Ufasha Perezida w’u Burusiya mu mirimo itandukanye, Vladimir Medinsky, yatangaje ko igihugu (…)