skol

Politiki

Perezida Kagame yongeye kugera muri Uganda nyuma y’imyaka 4 bashyamiranye

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yakiriye mu biro (…)

Abafaransa bazindukiye mu matora asiga yemeje uzabayobora mu myaka itanu iza

Emmanuel Macron na Marine Le Pen bageze mu cyiciro cya nyuma cy’abahataniye kuyobora u Bufaransa (…)

Gen. Muhoozi mu byishimo by’iminsi ibiri y’isabukuru ye y’amavuko (Amafoto)

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ubwo yatangizaga isiganwa ku maguru ahitwa Kololo, nka (…)

Imitwe yitwaje intwaro muri Congo yitesheje amahirwe y’ibiganiro

Abakuru b’ibihugu bo muri EAC baherutse guhurira i Nairobi muri Kenya, bemeranya ko bagiye (…)

DRC yahaye amahirwe yanyuma imitwe yitwaje intwaro ikorera mu gihugu

Goverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko ibiganiro yemeye kugirna (…)

António Guterres wa UN yitezweho guhura na ba Perezida Putin i Moscow na Zelensky i Kyiv

Umukuru wa UN António Guterres mu ntangiriro z’icyumweru gitaha byitezwe ko ahura na Perezida (…)

Sudan:Gufungira Omar al Bashir mu bitaro byakuruye impaka

Ubu guterana amagambo bya tumbagiye nyuma y’aho ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwira amashusho (…)

Uwahoze ari Perezida wa Kenya Mwai Kibaki yasezeye ku isi

Amakuru y’urupfu rw’uyu mugabo wigeze kuyobora Kenya yatangajwe na Perezida wa Kenya uriho ubu (…)

Perezida Tshisekedi aragirana ibiganiro n’imitwe ibangamiye umutekano wa Congo mbere yo kuyirwanya

Abakuru b’ibihugu by’akarere bemeranyije gushyiraho ’aka kanya’ umutwe w’ingabo z’akarere wo (…)

U Bufaransa burakeka ko abana ba Omar Bongo basahuye Gabon se yategekaga

Ubutabera bw’u Bufaransa bukeka ko abantu batandukanye bo mu muryango wa Bongo, uhereye kuri (…)

Ku isabukuru y’imyaka 96 Umwamikazi Elisabeth II hayishuye ikintu kibabaje ari kubona i Bwami

Ku mugoroba wo ku ,munsi w’ejo tariki ya 21 Mata nibwo Umwamikazi Elisabeth II w’u Bwongereza (…)

Abakuru b’ibihu bya EAC banzuye guhuza Imbaraga mu bikorwa byo gushakira umutekano DRC

Abakuru b’ibihugu bihuriye mu muryango w’Afurika (EAC) bashyizeho imirongo migari igera kuri ine (…)

Perezida Tshisekedi wa DRC yasubiye muri Kenya ku ganira k’umutekano w’akare

Perezida Félix Tshisekedi yageze I Nairobi mu rukerera nyuma y’ibyumweru bibiri gusa avuye muri (…)

France: Abakandida Macron na Le Pen rwabuze gica ku kumva kimwe igiciro cyo kubaho n’ Uburusiya

Harabura iminsi ine ngo Ubufaransa butora perezida, abakandida babiri basigaye bahanganiye mu (…)

Maneko zo mu bihugu bya EAC zahagurukiye kurwanya Ibyihebe

Itsinda ry’abasirikare bakora ubutasi mu bihugu bya Afurika y’iburasirazuba bahuriye iy’ Addis (…)