skol

Politiki

Kuki ibihugu by’ubumwe bw’Uburayi bitifuza ko Le Pen yatorerwa kuyobora Ubufaransa?

Uburayi bukomeje kugaragaza igihunga butewe n’uko Le Pen uhanganye na Macron mu matora y’igihugu (…)

Umuvugizi w’Ubwongereza yanenze umuyobozi w’Abangilikani Ku Isi uri kurwanya ko u Rwanda rwakakira impunzi

Umuvugizi wa Goverinoma y’ubwongereza Boris Johnson yanenze umushumba mukuru w’abangilikani ku (…)

Ibyihebe bya Al-Shabaab byigambye igitero cyangije benshi muri Somaliya

Agatsiko k’ibyihebe byo mu mutwe wa Al-Shabaab kamaze gutangaza ko ariko kari inyuma y’igitero (…)

Abasirikare babiri ba RDC bamaze gusinda bica 15 harimo n’abana

Abasirikare babiri barashe bica abantu 15 mu bitero bitandukanye mu majyaruguru ya Repubulika (…)

Leta ya Ukraine iri kwanga inkuka ya miliyari $ 50 mu ibihugu bikize

Ku cyumweru tariki ya 17 Mata 2022 , umujyanama wa Perezida mu by’ubukungu, Oleh Ustenko, (…)

Kwinjira kwa Congo muri EAC, hari ibisubizo bizatanga ku mutekano muke uvugwa mu karere?

Ubwo Perezida wa DR Congo Felix Tshisekedi yasinyiraga kwinjira mu muryango wa A furika (…)

RDC yahawe amezi abiri yo kwisanisha n’ibihugu bya EAC

Repuburika iharanira demokarasi ya Congo ifite igihe kinga n’amezi abiri gusa, ngo ibe yateguye (…)

Abasaga miriyoni 6 bamaze guta ingo zabo bahunga imirwano ihora mu majyaruguru ya RDC

Abaturage babarirwa mu bihumbi n’ibihumbi, bamaze guteshwa ingo zabo bakitsindagira mu mabanga (…)

Gen Muhoozi yatangaje igihe azasubira gukoresha Twitter

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba , yavuze ko (…)

Ifoto y’umunsi: Uwa Gatanu Mutagatifu watumye Perezida Evaliste w’uburundi yikorera Umusaraba

Ifoto iri kuzenguruka ku mbuga nkoranya mbaga ,igaragaza Perezida w’uburundi ahetse umusaraba (…)

Ingabo za Congo FARDC zisutse ku bwinshi mu majyaruguru ya kivu mu gace ka Nyabiondo

Igisirikare cya Congo FARDC cyongereye imbaraga mu gace ka kivu y’amajyaruguru, aho biteguye (…)

Ubwato bw’intambara Uburusiya bwakoreshaga bwarohamye

Minisiteri y’ingabo z’Uburusiya yavuze ko ubwato bw’intambara bwazo bwangijwe n’ibiturika kuri (…)

Afurika y’Epfo:Abarenga 300 bamaze guhitanwa n’umwuzure

Ku munsi w’ejo tariki ya 13 Mata 2022 , imvura nyinshi yaguye mu burasirazuba bw’Afurika y’Epfo (…)

Umuyobozi wa OSMS yamaganiye kure ivangura riri kugaragara mu Isi

Umuyobozi w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) avuga ko isi itita mu (…)

Hamenyekanye impamvu Gen Muhoozi yikuye kuri Titter

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje impamvu (…)