skol

Politiki

Burkina Faso: Abasirikare bigometse bemeje ko bahiritse ku butegetsi Perezida Kabore

Igisirikare cya Burkina Faso cyatangaje ko cyahiritse ku butegetsi Perezida Roch Marc Christian (…)

Colombia: Uwigeze gushimutwa n’inyeshyamba aziyamamariza kuba Perezida

Íngrid Betancourt wahoze ari senateri muri Colombia yatangaje ko azongera kwiyamamariza kuba (…)

Perezida Kagame yakiriye intumwa idasanzwe ya Perezida Museveni

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Mutarama 2022, Perezida Paul Kagame yakiriye Ambasaderi Adonia (…)

Abantu bifuje ikintu gikomeye nyuma y’aho umuhungu wa Museveni yise perezida Kagame nyirarume

Inkuru ikomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ni ishamikiye ku magambo Lt. Gen. Muhoozi (…)

Igenzurwa rya Mubazi ku bamotari ryabaye rihagaritswe nyuma y’aho bigaragambije

Umwe mu myanzuro yafatiwe mu inama yateranye igitaraganya kubera imyigaragambyo y’abamotari I (…)

Afurika y’Epfo:Minisitiri yasabye abanyeshuri b’abakobwa ’gufungura ibitabo bagafunga amaguru’

Minisitiri w’ubuzima w’akarere muri Afurika y’epfo yanenzwe bikomeye muri iki gihugu nyuma yuko (…)

Niger yongeye igihe cyo kwirukana Abanyarwanda umunani bahimuriwe

Leta ya Niger yabaye ihagaritse kwirukana Abanyarwanda umunani bahimuriwe bakuwe muri Tanzania, (…)

"Dusabiye umugisha igihugu cy’u Rwanda n’abayobozi bacyo"-Perezida w’u Burundi

Perezida w’u Burundi,Évariste Ndayishimiye, yasengeye u Rwanda n’abayobozi barwo arusabira (…)

Sudan: Minisitiri w’intebe yeguye nyuma y’imyigaragambyo yitabiriwe n’imbaga

Minisitiri w’intebe wa Sudan Abdalla Hamdok yatangaje ko yeguye hashize ukwezi asubijwe ku (…)

Perezida Putin yahaye umuburo ukomeye mugenzi we Biden bavuganye kuri telefoni

Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yaburiye Perezida w’Amerika Joe Biden ko gufatira Uburusiya (…)

Afurika y’Epfo irasaba ko cyamunara y’urufunguzo rw’aho Nelson Mandela yafungiwe ihagarikwa

Afurika y’epfo yasabye ko hahagarikwa cyamunara y’urufunguzo rw’icyumba cyo ku kirwa (izinga mu (…)

US yanze guhana abagabye igitero cya drone cyishe abantu muri Afghanistan

Amerika yavuze ko nta basirikare bayo cyangwa abategetsi bazaryozwa igitero cy’indege ntoya (…)

Perezida Museveni yashyizeho Ambasade mushya wa Uganda mu Rwanda

Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni yashyizeho ba ambasaderi bashya ba Uganda mu bihugu (…)

Brazil yashyiriyeho itegeko rikomeye abanyamahanga bayisura

Umucamanza wo mu rukiko rw’ikirenga muri Brazil yategetse ko abanyamahanga basuye iki gihugu (…)

Ethiopia: Abiy Ahmed yasubiye ’by’igihe gito’ mu biro avuye ku rugamba

Ibiro bya Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed bivuga ko yavuye ku rugamba akaba yasubiye (…)