skol

Politiki

Angela Merkel,chancelière wa mbere w’umugore w’Ubudage arava ku butegetsi uyu munsi

None ku wa gatatu, Angela Merkel arava ku butegetsi yari amazeho imyaka 16 nka Chancellor (…)

Gambiya: Batoye umukuru w’igihugu bakoresheje amasaro

Kuri uyu wa gatandatu abaturage bo muri Gambiya baramukiye mu matora y’umukuru w’igihugu yakozwe (…)

DR Congo: Guverineri wa Kivu y’Epfo yakuweho ashinjwa ’imiyoborere mibi’

Guverineri w’intara ya Kivu y’Epfo mu burasirazuba bwa DR Congo yavanyweho n’inteko (…)

Hamenyekanye aho Alpha Condé yajyanywe nyuma yo guhirikwa ku butegetsi n’igisirikare

Agatsiko k’abasirikare bafashe ubutegetsi muri Guinea batangaje ko uwo bahiritse Alpha Condé (…)

Africa y’Epfo yavuze amagambo akomeye ku byemezo yafatiwe n’ibihugu birimo n’u Rwanda

Leta y’u Rwanda yahagaritse by’agateganyo ingendo n’ibihugu icyenda byo muri Africa y’amajyepfo, (…)

Libya: Umuhungu wa Gaddafi yangiwe kuba umukandida ku mwanya wa Perezida

Umuhungu w’uwahoze ari perezida wa Libya Col Muammar Kadhafi yakuwe ku rutonde rw’abashaka kuba (…)

Sudan: Minisitiri w’Intebe agiye gusubizwa ku butegetsi nyuma y’iminsi afunzwe n’igisirikare

Minisitiri w’Intebe wa Sudani wari aherutse guhirikwa mu kwezi gushize, Abdalla Hamdok, agiye (…)

AU yahakanye amakuru yo kwimura ikicaro cyayo muri Ethiopia kikazanwa mu Rwanda

Ikinyamakuru La Libre giheruka kwandika ko intambara iri kubera muri Ethiopia itatuma imirimo (…)

Malawi: Umudepite wa mbere mu mateka ufite ubumuga bw’uruhu yarahiye

Overstone Kondowe niwe muntu ufite ubumuga bw’uruhu [nyamweru] wa mbere warahiye kuba umudepite (…)

RDC: Abayobozi bakomeye bose basubitse imirimo kugira ngo bajye kwakira Perezida Tshisekedi avuye mu mahanga

Perezida FelixTshisekedi yakiriwe n’imbaga y’abaepite n’abandi bantu bakomeye muri Repubulika (…)

"Mutwishyure cyangwa mupfane natwe"-Perezida Chakwera abwira ibihugu bikize cyane ku isi

Perezida wa Malawi yatanze ubutumwa bukomeye ku bihugu bikize kugeza ubu bitarashobora kwishyura (…)

Abategetsi bo muri G20 bemeje amasezerano ku musoro ku bigo binini yanditse amateka

Abategetsi bo mu bihugu 20 bifite ubukungu bukomeye ku isi bemeje amasezerano yo ku rwego rw’isi (…)

Perezida Biden yemeye ko US yakoze amakosa mu masezerano ya AUKUS

Perezida w’Amerika Joe Biden yabwiye mugenzi we w’Ubufaransa Emmanuel Macron ko Amerika (…)

Burundi: Perezida Ndayishimiye yagaragaye ari gusangira inzoga n’abasirikare [AMAFOTO]

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye gukora ibidasanzwe ubwo yasuraga ishuri rya (…)

Amahanga yamaganye ihirikwa ry’ubutegetsi bw’inzibacyuho muri Sudani

Amahanga n’imiryango mpuzamahanga baramagana kudeta yo muri Sudani. Arasaba ibiganiro hagati (…)